Masengesho Yvonne yabaye umukinnyi wa mbere w’u Rwanda wegukanye umudali muri Shampiyona Nyafurika y’Amagare iri kubera muri Kenya guhera kuri uyu wa Kane, tariki ya 20 Ugushyingo 2025.
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yasabye ko ibihugu biri mu nzira y’amajyambere bitakomeza guhezwa ku mahirwe ya siporo igamije iterambere no kubaka amahoro.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye kugira uruhare mu gushaka igisubizo ku ntambara imaze imyaka ibiri muri Sudani, nyuma y’uko Igikomangoma cya Arabie...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe mu Ntara y’Amajepfo buvuga ko buri gushyira imbaraga mu kubakira abaturage ubwiherero nyuma y’uko bigaragaye ko imiryango irenga ibihumbi bitatu muri ako Karere...
Bill Ruzima wari uherutse gutabwa muri yombi afite ibiyobyabwenge byo mu bwoko bw’urumogi yoherejwe mu kigo ngororamuco cy’i Huye mu gitondo cyo kuri uyu wa 19 Ugushyingo 2025.
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatangaje ko iki gihugu kizagorwa no kubona inguzanyo zigifasha gushyira mu bikorwa imishinga y’iterambere, bitewe n’imyigaragambyo iherutse guhuza...