skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

RIB yataye muri yombi umugenzuzi wo muri Rwanda FDA ukekwaho ruswa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi umugenzuzi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge bw’Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) n’undi muturage ufite uruganda rukora...
17 November 2025 Yasuwe: 529 0

Bill Ruzima yatawe muri yombi

Bill Ruzima uri mu bahanzi bagezweho muri iyi minsi akavugwaho ubuhanga mu kuririmba yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho kunywa no gutunda ibiyobyabwenge.
17 November 2025 Yasuwe: 886 0

Mu mezi atatu ashize i Kigali habaye impanuka zirenga 300

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mezi atatu (Kanama-Ukwakira) ashize mu Mujyi wa Kigali habaye impanuka zigera kuri 300, ndetse bamwe baziburiramo ubuzima.
17 November 2025 Yasuwe: 407 0

Sinzinginga Museveni ngo amufungure kuko arengana- Winnie Byanyima ku ifungwa ry’umugabo we

Winnie Byanyima yavuze ko yiteguye guhura na Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, ngo baganire ku ifungwa rw’umugabo we, Kizza Besigye, umaze igihe atavuga rumwe n’ubutegetsi.
17 November 2025 Yasuwe: 743 0

Ibiciro by’inyama bikomeje gutumbagira

Izina imbonekarimwe, igisobanuro cyaryo kiri kumvwa neza ubu. Ni imbonekarimwe koko kuko udafite 7500 Frw ntiwakandagiza ikirenge muri ‘boucherie’ ngo ugiye gushaka aka kadahingwa.
17 November 2025 Yasuwe: 805 0

Perezida Ramaphosa ahanganye n’abo mu ishyaka rye bamusaba kwegura

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, ahanganye na bamwe mu banyamuryango b’ishyaka ANC batangiye ubukangurambaga bumusaba kwegura nyuma y’inama y’ihuriro G20 izaba muri iki cyumweru.
17 November 2025 Yasuwe: 410 0

Perezida Ndayishimiye aherutse gusimbuka urupfu

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aherutse kurusimbuka ubwo yasuraga ikirombe cya Zahabu mu Ntara ya Bujumbura tariki ya 14 Ugushyingo 2025, igice kimwe kigasenyuka ndetse kigakomeretsa...
17 November 2025 Yasuwe: 1435 0

Imyaka ni imibare! Solange Tuyishime Keita yasobanuye impamvu yagiye muri Miss Universe akuze

Solange Tuyishime Keita w’imyaka 42 yabaye umugore wa mbere ukomoka mu Rwanda witabiriye irushanwa rya Miss Universe mu 2025, riri mu marushanwa y’ubwiza akomeye ku Isi; aho avuga ko yitabiriye...
17 November 2025 Yasuwe: 534 0

Inteko Rusange ya Rayon Sports yasubitswe kubera ’kwirinda guhungabanya umutekano w’igihugu’

Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Rayon Sports, Muvunyi Paul, yamenyesheje abanyamuryango bayo ko inama y’Inteko Rusange idasanzwe yari yatumijwe yasubitswe.
17 November 2025 Yasuwe: 887 0

M23 yinjiye muri teritwari ya Shabunda

Nyuma y’imirwano ikomeye yabaye ku cyumweru, amakuru atandukanye aremeza ko umutwe wa M23 ugenzura agace ka Maimingi ya Mbere na Maimingi ya Kabiri muri teritwari ya Shabunda, Intara ya Kivu...
17 November 2025 Yasuwe: 1471 0