Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yasabye ababyeyi ko mu gihe abana baba barwaye ibicurane, bajya bareka kubohereza ku mashuri kugira ngo badakomeza kwanduzanya.
Umuhanzi wamenyekanye mu muziki wubakiye ku muco nyarwanda, Ruti Joël, yatangaje ko yafashe umwanzuro wo gusubira mu Itorero Ibihame by’Imana, atandukanye n’Itorero Ishyaka ry’Intore yari amazemo...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda (RAB), cyatangaje ko cyakuyeho akato kari karashyizweho mu kwirinda ikwirakwira cy’icyorezo cy’uburenge mu matungo yororerwa...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwamennye litiro 76,000 z’inzoga zitwa Isano, Agasembuye n’iyamamaye ku izina ry’Indege zitujuje ubuziranenge, zafatiwe mu Mirenge ya Nyarugenge na Nyamata.
Ingingo y’abasaba akazi ari benshi kakabona mbarwa mu Rwanda, ni imwe mu zikomeje kuvugwaho cyane. Byasembuwe na Raporo ya Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Abakozi ba Leta y’ibikorwa bya 2024/25,...