Michelle Obama, umugore wa Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko Amerika itaragera ku rwego rwo kugira Perezida w’umugore, atanga urugero kuri Kamala Harris...
Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko yakiriye neza isinywa ry’amasezerano i Doha, yo gushyiraho ingingo ngenderwaho z’amasezerano arambye y’amahoro, hagati ya Guverinoma ya Repubulika Iharanira...
I Muhanga, umurambo w’umukobwa utazwi wasanzwe mu cyuzi giherereye ku Kinamba i Kabgayi, ahagana saa moya za mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 15/11/2025.
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu, yatangaje ko iki gihugu kigiye gushyiraho Minisiteri yihariye y’Urubyiruko, izajya yita ku bibazo n’iterambere ryarwo mu buryo bwimbitse.