skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Michelle Obama asanga kuba Amerika yagira Perezida w’umugore biri kure nk’ukwezi

Michelle Obama, umugore wa Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko Amerika itaragera ku rwego rwo kugira Perezida w’umugore, atanga urugero kuri Kamala Harris...
16 November 2025 Yasuwe: 432 0

Abimukira bane barohamye mu nyanja ya Mediterannee

Abimukira bane bapfiriye mu mpanuka nyuma yuko ubwato bubiri bwari butwaye abimukira hafi ijana burohamye bugeze hafi ya Libya nkuko abashinzwe ibikorwa by’ubutabazi babitangaje.
16 November 2025 Yasuwe: 295 0

Mexique: Abapolisi 100 bakomerekeye mu myigaragambyo y’urubyiruko

Urubyiruko rwo muri Mexique rurenga igihumbi rwiyise ‘Gen-Z’ bagiye mu mihanda barigaragambya bamagana kwiyongera kw’ibyaha, ruswa n’akarengane, bituma abapolosi 100 bahoshaga imyigaragambyo...
16 November 2025 Yasuwe: 397 0

U Rwanda rwavuze ku masezerano yasinywe hagati ya AFC/M23 na leta ya Congo

Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko yakiriye neza isinywa ry’amasezerano i Doha, yo gushyiraho ingingo ngenderwaho z’amasezerano arambye y’amahoro, hagati ya Guverinoma ya Repubulika Iharanira...
16 November 2025 Yasuwe: 751 0

Mu cyuzi habonetsemo umurambo w’umukobwa

I Muhanga, umurambo w’umukobwa utazwi wasanzwe mu cyuzi giherereye ku Kinamba i Kabgayi, ahagana saa moya za mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 15/11/2025.
16 November 2025 Yasuwe: 905 0

Umuti mushya wagaragaje ubushobozi bwo guhangana na malaria ku kigero cya 97%

Umuti uzwi nka ‘ganaplacide/lumefantrine’ cyangwa ’GanLum’ wakozwe n’Ikigo Novartis cyo mu Busuwisi ku bufatanye na Medicines for Malaria Venture, byatangajwe ko ufite ubushobozi bwo guhangana na...
16 November 2025 Yasuwe: 733 0

Bolsonaro wayoboye Brésil mu nzira igana muri gereza

Jair Bolsonaro wahoze ayobora Brésil, ashobora gufungwa, nyuma y’uko Urukiko rw’Ikirenga rwanze kwakira ubujurire bwe ku gifungo cy’imyaka 27 yahawe nyuma yo guhamwa n’umugambi wo gushaka guhirika...
16 November 2025 Yasuwe: 270 0

Perezida Suluhu agiye gushyiraho Minisiteri y’Urubyiruko

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu, yatangaje ko iki gihugu kigiye gushyiraho Minisiteri yihariye y’Urubyiruko, izajya yita ku bibazo n’iterambere ryarwo mu buryo bwimbitse.
16 November 2025 Yasuwe: 393 0

Leta ya RDC na AFC/M23 byasinye amahame shingiro abigeza ku mahoro arambye

Abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 riburwanya, bashyize umukono ku mahame shingiro abafasha kugera ku mahoro arambye.
15 November 2025 Yasuwe: 759 0

Ndayishimiye yavuze ko amabuye y’agaciro yohereje mu mahanga yinjirije u Burundi miliyoni 6,8 $

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko amabuye y’agaciro aherutse kohereza mu mahanga yinjirije iki gihugu miliyoni 6,83 z’Amadolari.
15 November 2025 Yasuwe: 499 0