Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakiriye ku meza Cristiano Ronaldo wari kumwe n’itsinda ryaturutse muri Arabie Saoudite, ryaherekeje Igikomangoma Mohammed Bin Salman.
Umunyamabanga wa Leta ya Qatar ushinzwe ububanyi n’amahanga, Dr. Mohammed bin Abdulaziz Al-Khulaifi, yatangaje ko guhuza abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum, yatangaje ko atazigera na rimwe yemera ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigaba ibitero bya gisirikare ku butaka bw’igihugu cyabo.
Ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera bwatangaje ko kuva mu 2010 kugeza mu 2025 iyi Pariki imaze gusurwa n’abanytu ibihumbi 470.622, aho bayinjirije miliyoni 32,1$.
Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yandagaje umunyamakuru wabajije Igikomangoma cya Arabie Saoudite, Mohammed Bin Salman, iyicwa ry’umunyamakuru Jamal Khashoggi.
Imikorere igezweho mu Isi ni aho abantu bahabwa inshingano zo gukora ikintu bakihutira kubaza ubwenge buhangano kuko bwihutisha akazi, ariko Umuyobozi Mukuru wa Google na Alphabet, Sundar Pichai,...