Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yababariye abantu bakurikiranywe n’ubutabera bashinjwa gushaka kuburizamo amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu Ugushyingo 2020, yegukanywe...
Umunyamakuru obededomu Frodouard yavuze ko ibitutsi yatutswe ku bw’ubukwe bwa Divine Nyinawumuntu ari ibintu byoroshye ugereranyije n’ibyo yatutswe ku bw’ubukwe bwa Ishimwe Vestine na Ooudraogo,...
Urukiko rwo mu Mujyi wa Paris rwatangaje ko kuri uyu wa Mbere rusuzuma ubusabe bwa Nicolas Sarkozy, wahoze ari Perezida w’u Bufaransa, bwo gusohoka muri gereza by’agateganyo mu gihe ategereje...
Perezida wa Kenya, William Ruto, yavuze ko aticuza kuba yarasabye polisi kurasa mu kaguru urubyiruko rwigaragambije mu bihe byashize, rwamagana ubutegetsi bwe.
Umusaza witwaga Uwitije Jean Claude, wari mu kigero cy’imyaka 72 wakoraga akazi ko gucukura imva mu irimbi rya Ngoma, riherereye mu Karere ka Huye yasanzwe ku nzira yapfuye, hakekwa ko yazize inzoga.