skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

BNR yashyize ku isoko impapuro mpeshwamwenda za miliyari 10 Frw

Banki Nkuru y’Igihugu yashyize ku isoko impapuro mpeshwamwenda za miliyari 10 Frw, zizagurishwa mu gihe cy’imyaka itanu.
10 November 2025 Yasuwe: 230 0

U Rwanda rwakiriye inama y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare yo muri Afurika

Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko ubushobozi bwo guhanga ibishya no gukorera hamwe ari byo bigena imbaraga Afurika ifite mu guhangana n’ibibazo by’umutekano.
10 November 2025 Yasuwe: 496 0

Museveni yashinje Abanyaburayi uruhare mu myigaragambyo yo muri Tanzania

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ibihugu by’i Burayi biri inyuma y’imvururu zagaragaye muri Tanzania, abishinja gushuka urubyiruko rwo muri Afurika y’Iburasirazuba kugira...
10 November 2025 Yasuwe: 553 0

Trump yababariye abashinjwe kugerageza gutesha agaciro amatora yo mu 2020

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yababariye abantu bakurikiranywe n’ubutabera bashinjwa gushaka kuburizamo amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu Ugushyingo 2020, yegukanywe...
10 November 2025 Yasuwe: 208 0

Umunyamakuru Obededomu yahishuye uko yatutswe kubera ibyo yatangaje ku bukwe bwa Vestine

Umunyamakuru obededomu Frodouard yavuze ko ibitutsi yatutswe ku bw’ubukwe bwa Divine Nyinawumuntu ari ibintu byoroshye ugereranyije n’ibyo yatutswe ku bw’ubukwe bwa Ishimwe Vestine na Ooudraogo,...
10 November 2025 Yasuwe: 747 0

Urukiko rugiye kumva ugutakamba kwa Sarkozy, ushaka gukurwa muri gereza

Urukiko rwo mu Mujyi wa Paris rwatangaje ko kuri uyu wa Mbere rusuzuma ubusabe bwa Nicolas Sarkozy, wahoze ari Perezida w’u Bufaransa, bwo gusohoka muri gereza by’agateganyo mu gihe ategereje...
10 November 2025 Yasuwe: 242 0

Ibiciro ku masoko byazamutseho 7,1% mu Ukwakira

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko mu Ukwakira 2025, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 7,1% ugereranyije na Ukwakira 2024.
10 November 2025 Yasuwe: 196 0

Perezida Ruto ntiyicuza gusaba Polisi kurasa abigaragambya mu kaguru

Perezida wa Kenya, William Ruto, yavuze ko aticuza kuba yarasabye polisi kurasa mu kaguru urubyiruko rwigaragambije mu bihe byashize, rwamagana ubutegetsi bwe.
10 November 2025 Yasuwe: 283 0

Huye: Umusaza w’imyaka 72 yasanzwe ku nzira yapfuye

Umusaza witwaga Uwitije Jean Claude, wari mu kigero cy’imyaka 72 wakoraga akazi ko gucukura imva mu irimbi rya Ngoma, riherereye mu Karere ka Huye yasanzwe ku nzira yapfuye, hakekwa ko yazize inzoga.
10 November 2025 Yasuwe: 355 0

Imidugararo y’amatora muri Cameroun yatumye ibiciro muri Centrafrique bizamuka

Kubera ko Centrafrique ari igihugu kidakora ku nyanja, ibibazo bya Politiki biherutse kuvuka muri Cameroun, igihugu kiyifasha kubona ibicuruzwa byinshi, byatumye ibiciro ku masoko y’i Bangui...
10 November 2025 Yasuwe: 300 0