Ikigo cy’lgihugu Gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu Mahanga ry’Ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB) cyatangaje ko mu mwaka wa 2024/2025 hanyowe ikawa y’u Rwanda ingana na toni 20 bingana na 5%...
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyize umukono ku mushinga wose w’amasezerano y’ubufatanye mu iterambere ry’ubukungu; intambwe ikomeye ibanziriza gusinya amasezerano.
Minisitiri w’Intebe wa Hongrie, Viktor Orban, yatangaje ko ibiganiro byo guhuza Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump i Budapest bishobora...
Kuva tariki ya 10 kugeza ku ya 12 Ugushyingo 2025, u Rwanda ruzakira inama ya 19 ihuza abayobozi b’amashuri makuru ya gisirikare yo ku mugabane wa Afurika.
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Muhoza, Akagari ka Ruhengeri, muri santere y’ubucuruzi izwi ku izina rya Baramujyanye iherereye mu Mudugudu wa Buhoro, bavuga ko bamaze iminsi babangamiwe...