Sosiyete sivile ya Tanzania yasabye Guverinoma y’iki gihugu gutanga ibimenyetso ku byo yatangaje ko imyigaragambyo n’imvururu byabaye mu matora na nyuma yahoo bwagizwemo uruhare n’abanyamahanga.
Abaturage barenga 40 bo muri Sudani basize ubizima mu gitero cyagabwe ku bari bitabiriye umuhango wo gushyingura mu mujyi wa El-Obeid mu ntara ya Kordofan.
Minisitiri wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubwikorezi, Sean Duffy, yatangaje ko indege zigiye kugabanywa ku bibuga mpuzamahanga 40 by’indege bitewe no guhagarara kw’imirimo ya Guverinoma.
Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali itangaza ko yafashe abagabo 5 bakekwaho kwangiza ibikorwa remezo. Ni nyuma y’aho mu bihe bitandukanye abaturage batuye mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga...
Abaturage bo mu Mirenge y’Akarere ka Rutsiro ikora kuri Pariki y’Igihugu ya Gishawati-Mukura bahangayikishijwe bikomeye n’imbwa z’agakozi ziyongereye zikaba zibateza umutekano muke.