skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Tanzania: Sosiyete Sivile ntiyemeranya na Guverinoma ku by’abanyamahanga mu myigaragambyo

Sosiyete sivile ya Tanzania yasabye Guverinoma y’iki gihugu gutanga ibimenyetso ku byo yatangaje ko imyigaragambyo n’imvururu byabaye mu matora na nyuma yahoo bwagizwemo uruhare n’abanyamahanga.
6 November 2025 Yasuwe: 251 0

Inkubi y’umuyaga yahitanye abantu 114 muri Philippine

Ikigo gishinzwe guhangana n’ibiza muri Philippine cyemeje ko abantu 114 bapfuye bishwe n’inkubi y’umuyaga yiswe ‘Kalmaegi’, mu gihe abandi 127 bakomeje kuburirwa irengero bigishakishwa.
6 November 2025 Yasuwe: 178 0

Sudani: Abarenga 40 biciwe mu muhango wo gushyingura

Abaturage barenga 40 bo muri Sudani basize ubizima mu gitero cyagabwe ku bari bitabiriye umuhango wo gushyingura mu mujyi wa El-Obeid mu ntara ya Kordofan.
6 November 2025 Yasuwe: 264 0

Canada U17 ikinamo Umunyarwanda Nteziryayo Josh-Duc yabonye intsinzi ya mbere mu Gikombe cy’Isi

Ikipe y’Igihugu ya Canada y’Abatarengeje imyaka 17 ikinamo myugariro w’Umunyarwanda, Nteziryayo Josh-Duc, yabonye intsinzi ya mbere mu Gikombe cy’Isi nyuma yo gutsinda Uganda ibitego 2-1.
6 November 2025 Yasuwe: 396 0

Burundi: Colonel afunzwe akekwaho gushaka kohereza ikawa mu Rwanda

Urwego rw’u Burundi rushinzwe iperereza (SNR) rwataye muri yombi umuyobozi wa Polisi y’u Burundi mu yahoze ari intara ya Ngozi, Colonel Bonfort Ndoreraho, rumukekaho gushaka kohereza ikawa mu...
6 November 2025 Yasuwe: 302 0

Amerika igiye kugabanya indege zigwa ku bibuga 40

Minisitiri wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubwikorezi, Sean Duffy, yatangaje ko indege zigiye kugabanywa ku bibuga mpuzamahanga 40 by’indege bitewe no guhagarara kw’imirimo ya Guverinoma.
6 November 2025 Yasuwe: 169 0

Gasabo: Polisi yafashe abagabo bakekwaho kwangiza ibikorwa remezo by’amashanyarazi

Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali itangaza ko yafashe abagabo 5 bakekwaho kwangiza ibikorwa remezo. Ni nyuma y’aho mu bihe bitandukanye abaturage batuye mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga...
5 November 2025 Yasuwe: 321 0

Suède: Element agiye guhurira mu gitaramo na Kizz Daniel

Element uri mu bahanzi bagezweho mu muziki w’u Rwanda, agiye guhurira na Kizz Daniel mu gitaramo kizabera muri Suède ku wa 8 Ugushyingo 2025.
5 November 2025 Yasuwe: 220 0

Ikibuga cy’indege cya Bruxelles cyahagaritse imirimo kubera kwikanga drone

Ubuyobozi bw’ikibuga cy’indege cya Bruxelles mu Bubiligi bwahagaritse imirimo yacyo by’agateganyo nyuma y’aho bwikanze ko hari drone yoherejwe kugihungabanyiriza umutekano.
5 November 2025 Yasuwe: 333 0

Rutsiro: Barambiwe imbwa z’agasozi zikomeje guteza umutekano muke

Abaturage bo mu Mirenge y’Akarere ka Rutsiro ikora kuri Pariki y’Igihugu ya Gishawati-Mukura bahangayikishijwe bikomeye n’imbwa z’agakozi ziyongereye zikaba zibateza umutekano muke.
5 November 2025 Yasuwe: 436 0