skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Loni yasabye ko hakumirwa iyohereza ry’intwaro muri Sudani

Umunyamabanga Mukuru wa Loni, António Guterres yatangaje ko intambara imaze imyaka ibiri muri Sudani irushaho gukomera uko iminsi isimburana, nyamara hari miliyoni z’abantu bicirwamo n’inzara.
4 November 2025 Yasuwe: 212 0

Gen Mamadi Doumbouya agiye kwiyamamariza kuyobora Guinée-Conackry

Brigadier Général Mamadi Doumbouya uyobora Guinée-Conakry ari mu bakandida baziyamamariza kuyobora iki gihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afurika mu matora ateganyijwe tariki ya 28 Ukuboza 2025.
4 November 2025 Yasuwe: 330 0

Perezida Kagame yaganiriye na Emir wa Qatar

Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani byibanze ku guteza imbere umubano w’ibuhugu byombi n’imikoranire.
4 November 2025 Yasuwe: 307 0

Imbuga enye zo mu Bufaransa zicuruza ‘sex toys’ zatangiye gukorwaho iperereza

Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwatangije iperereza ku mbuga enye zirimo Shein, Ali Express, Temu na Wish kubera gucuruza no kugaragaza ‘sex toys’.
4 November 2025 Yasuwe: 502 0

Dufite intwaro za ‘nucléaire’ zaturitsa Isi inshuro 150: Trump ku buhangange bwa Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko iki gihugu gifite intwaro za nucléaire nyinshi ku buryo zishobora guturitsa Isi inshuro 150, ko bakwiriye kuzisuzuma kugira ngo...
4 November 2025 Yasuwe: 408 0

Burera: Umugabo yafatanywe ibiro 20 by’urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera, yafashe umugabo wari witwikiriye ijiro akambutsa ikiyobyabwenge cyo mu bwoko bw’urumogi, arukuye mu Gihugu cy’abaturanyi.
4 November 2025 Yasuwe: 296 0

Mu Rwanda hagiye kuzura ububiko bwa gaze bwa miliyoni 60 Frw

Ikigo gikora Peterole na Gaze, Société Pétrolière (SP), cyatangaje ko bitarenze mu mwaka wa 2026, mu Rwanda hazaba huzuye ububiko bwa Gaze (LPG), bufite agaciro k’asaga miliyari 60 Frw (miliyoni 44...
4 November 2025 Yasuwe: 442 0

RDC yahagaritse burundu muri Basketball abitabiriye Giants of Africa i Kigali

Ishyirahamwe rya Basketball muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FEBACO), ryirukanye burundu abatoza bagaragaye muri Giants of Africa i Kigali, mu gihe abakinnyi bo bahagaritswe hagati...
4 November 2025 Yasuwe: 377 0

Umusore washyize hanze amashusho y’ubwambure bwa Gloria Buggie yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu

Gloria Buggie yavuze ko umusore bahoze bakundana washyize hanze amashusho ye y’urukozasoni yatawe muri yombi ndetse akatirwa gufungwa imyaka itanu.
4 November 2025 Yasuwe: 500 0

Abanyamategeko hafi 400 batsinze ikizamini cyo kuba abacamanza mu bice bigenzurwa na AFC/M23

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko abanyamategeko 378 batsinze ikizamini cyo kuba abacamanza mu bice byo mu Burasirazuba bwa RDC rigenzura.
4 November 2025 Yasuwe: 300 0