Brigadier Général Mamadi Doumbouya uyobora Guinée-Conakry ari mu bakandida baziyamamariza kuyobora iki gihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afurika mu matora ateganyijwe tariki ya 28 Ukuboza 2025.
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani byibanze ku guteza imbere umubano w’ibuhugu byombi n’imikoranire.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko iki gihugu gifite intwaro za nucléaire nyinshi ku buryo zishobora guturitsa Isi inshuro 150, ko bakwiriye kuzisuzuma kugira ngo...
Ikigo gikora Peterole na Gaze, Société Pétrolière (SP), cyatangaje ko bitarenze mu mwaka wa 2026, mu Rwanda hazaba huzuye ububiko bwa Gaze (LPG), bufite agaciro k’asaga miliyari 60 Frw (miliyoni 44...
Ishyirahamwe rya Basketball muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FEBACO), ryirukanye burundu abatoza bagaragaye muri Giants of Africa i Kigali, mu gihe abakinnyi bo bahagaritswe hagati...