skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Byiringiro Lague yasobanuye iby’umubano we na DJ Crush anasubiza abavuga ko abana arera atari abe

Umukinnyi w’ikipe ya Police FC, Byiringiro Lague, yavuze ko umubano we na Liliane Tuyambaze uzwi nka Dj Crush ari uw’ubushuti busanzwe anagira icyo avuga ku bavuga ko abana arera atari abe.
3 November 2025 Yasuwe: 465 0

Mu myaka itatu hanyerejwe ibikoresho by’ibigo by’amashuri by’arenga miliyoni 190,7 Frw

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko ibikoresho by’ibigo by’amashuri birimo n’ibiribwa by’arenga miliyoni 190 Frw bimaze kumenyekana ko byanyerejwe bigizwemo uruhare n’abarimo...
3 November 2025 Yasuwe: 163 0

Yakoze muri Electogaz, yamamara mu ndirimbo ‘Ancilla’: Iby’igenzi ku buzima bwa Ngabonziza Augustin witabye Imana

Ngabonziza Augustin, umwe mu bahanzi bo hambere wamamaye mu bihangano byamenyekanye mu myaka isaga 40 ishize, yitabye Imana azize uburwayi.
3 November 2025 Yasuwe: 532 0

Ingo ibihumbi 260 zizahabwa amashanyarazi mu 2025/26

Minisiteri y’Ibikorwaremezo yateganyije ko mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/26, ingo z’Abaturarwanda zirenga ibihumbi 260 zizahabwa umuriro w’amashanyarazi, umubare munini bakazafatira ku...
3 November 2025 Yasuwe: 197 0

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza ko igihugu cye kizatera Venezuela, ariko avuga ko iminsi ya Perezida Nicolás Maduro nk’umuyobozi w’icyo gihugu...
3 November 2025 Yasuwe: 254 0

Uganda: Abaganga bibeshye baha abana 100 ibinini by’igicuri aho kuba iby’inzoka

Abanyeshuri barenga 100 bo ku ishuri ribanza rya Kajumbajumba ryo mu Karere ka Ntungamo muri Uganda, bajyanywe kwa muganga nyuma y’amakosa yakozwe n’abaganga, bahabwa imiti ivura igicuri, aho...
3 November 2025 Yasuwe: 173 0

Rayon Sports yatsinze Marines mbere yo gucakirana na APR FC

Rayon Sports yatsinze Marines FC igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona, yuzuza umukino wa gatatu wikurikiranya itsinda mbere yo gucakirana na APR FC.
2 November 2025 Yasuwe: 691 0

Abimukira ibihumbi 20 binjiye mu Bwongereza mu buryo butemewe mu 2025

Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko kuva muri Mutarama 2025, abimukira baturutse ku mugabane w’u Burayi barenga 20.000 bamaze kubwinjiramo bakoresheje ubwato buto banyuze ahazwi nka ’English...
2 November 2025 Yasuwe: 228 0

Uganda: Abantu 10 batawe muri yombi bazira kunywera itabi mu ruhame

Polisi n’inzego z’ubuzima mu karere ka Kabale, muri Uganda, zataye muri yombi abantu 10 bakurikiranyweho kunywera itabi ahantu hahurira abantu benshi, hagamijwe gushyira mu bikorwa Itegeko rikumira...
2 November 2025 Yasuwe: 313 0

Kagame agaragaza ubushake buganisha ku mahoro mu karere- Umujyanama wa Trump

Umujyanama wa Perezida Donald Trump mu bijyanye na Afurika, Massad Boulos, yagaragaje ko iki gihugu cyizeye ubushake bwa Perezida Paul Kagame, mu kwimakaza amahoro n’iterambere mu Karere k’Ibiyaga...
2 November 2025 Yasuwe: 373 0