Umukinnyi w’ikipe ya Police FC, Byiringiro Lague, yavuze ko umubano we na Liliane Tuyambaze uzwi nka Dj Crush ari uw’ubushuti busanzwe anagira icyo avuga ku bavuga ko abana arera atari abe.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza ko igihugu cye kizatera Venezuela, ariko avuga ko iminsi ya Perezida Nicolás Maduro nk’umuyobozi w’icyo gihugu...
Rayon Sports yatsinze Marines FC igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona, yuzuza umukino wa gatatu wikurikiranya itsinda mbere yo gucakirana na APR FC.
Umujyanama wa Perezida Donald Trump mu bijyanye na Afurika, Massad Boulos, yagaragaje ko iki gihugu cyizeye ubushake bwa Perezida Paul Kagame, mu kwimakaza amahoro n’iterambere mu Karere k’Ibiyaga...