skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Karongi: Abafite amazi meza bageze kuri 96%

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko kwegereza abaturage amazi meza bigeze kuri 96%, mu gihe intego ariko Abanyarwanda bose bagomba kuzaba bafite amazi meza bitarenze umwaka wa 2029.
29 October 2025 Yasuwe: 337 0

Umugore wa Perezida Macron yahungabanyijwe n’abavuga ko yavutse ari umuhungu

Umukobwa w’umugore wa Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, Tiphaine Auzière, yabwiye urukiko rwo mu Bufaransa ko ubuzima bwa nyina bwahungabanyijwe n’abamaze igihe bavuga ko yavutse ari umuhungu.
29 October 2025 Yasuwe: 734 0

U Rwanda rwaje imbere mu bihugu by’Afurika byihuta mu bukungu

Icyigeranyo cy’Isoko ry’Imari rya Afurika cya Absa (Absa Africa Financial Markets Index /AFMI) cyashyize u Rwanda ku myanya y’imbere mu bihugu byagize urwego rw’ubukungu rutera imbere kurusha...
29 October 2025 Yasuwe: 591 0

Mu Rwanda hagiye kujya hapimwa ADN z’ibimera n’inyamaswa

Umuyobozi w’amashami y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (RFI), SP Ashimirwe Japhet, yatangaje ko gifite gahunda yo gutangira gupima...
29 October 2025 Yasuwe: 440 0

Umugore wa Colonel Ruhinda yanyomoje abavuze ko yashimuswe na RDF

Mu bahoze ari inkingi za mwamba z’umutwe w’iterabwoba wa FDLR harimo Ruvugayimikore Protogène wamenyekanye nka ‘Colonel Ruhinda Gaby’. Yayoboraga abakomando bawo bazwi nka CRAP (Commando de...
29 October 2025 Yasuwe: 1297 0

Ntukazime kugeza ubonye ubuvivi – Tricia abwira Tom Close wizihiza isabukuru

Niyonshuti Ange Tricia yashimiye by’ikirenga umugabo we Muyombo Thomas [Tom Close] wizihije isabukuru y’amavuko, amwifuriza kurama akazabona ubuvivi.
29 October 2025 Yasuwe: 447 0

Ingabo z’u Burundi zakoze imodoka idatoborwa n’amasasu

Igisirikare cy’u Burundi, FDNB, cyamuritse imodoka ya mbere cyakoreye muri iki gihugu, kivuga ko itamenwa n’amasasu.
29 October 2025 Yasuwe: 3537 0

Trump ntiyumva ukuntu atemerewe kwiyamamariza manda ya gatatu

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atumva ukuntu “atemerewe” kongera kwiyamamariza manda ya gatatu, avuga ko ari ibintu bimutera agahinda.
29 October 2025 Yasuwe: 433 0

Apple yamaze kugera ku gaciro ka Tiriyari 4 z’amadorari

Apple yinjiye mu itsinda ry’abakora ubucuruzi bw’ikoranabuhanga gusa bafite agaciro gasaga tiriyari 4 z’amadorari ku isoko. Yiyongereye ku bindi bigo by’ikoranabuhanga bikomeye nka Nvidia na...
29 October 2025 Yasuwe: 227 0

FERWAFA yahagaritse abandi basifuzi babiri

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryahagaritse umusifuzi wo hagati Kwizera Olivier ibyumweru bitanu, n’uwo ku ruhande Mbonigena Seraphin ibyumweru bine, bitewe n’amakosa bakoze...
29 October 2025 Yasuwe: 695 0