Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko kwegereza abaturage amazi meza bigeze kuri 96%, mu gihe intego ariko Abanyarwanda bose bagomba kuzaba bafite amazi meza bitarenze umwaka wa 2029.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atumva ukuntu “atemerewe” kongera kwiyamamariza manda ya gatatu, avuga ko ari ibintu bimutera agahinda.