skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Umunani mu bayobozi 16 b’i Nyabihu bakekwaho kunyereza umutungo bafunguwe

Urukiko rw’Ibanze rwa Mukamira rwarekuye by’agateganyo ndetse na burundu abayobozi umunani barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu, bakekwaho kunyereza umutungo ufitiye rubanda...
31 October 2025 Yasuwe: 593 0

Umutekano n’ituze ku isonga mu byo Abanyarwanda bishimira mu miyoborere

Ubushakashatsi ngarukamwaka ku miyoborere bwakozwe n’Urwego rw’Imiyoborere, RGB, buzwi nka Rwanda Governance Scorecard (RGS) bwagaragaje ko inkingi y’umutekano n’ituze ry’abaturage biri mu...
31 October 2025 Yasuwe: 286 0

Karongi: Umaze myaka 31 yihishahisha kubera Jenoside yafatiwe ku biro by’Umurenge

Ndindabahizi Faustin w’imyaka 62 wari umaze imyaka 31 yihishahisha kubera uruhare akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yafatiwe kubiro by’Umurenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi aje...
31 October 2025 Yasuwe: 1912 0

Sagrada Família yaciye agahigo ko kuba urusengero rurerure ku Isi

Basilika ya Sagrada Família yabaye urusengero rurerure kurusha izindi ku Isi, nyuma y’uko abakozi bayo bashyize igice cya mbere cy’umusaraba ku isonga ry’umunara wayo.
31 October 2025 Yasuwe: 671 0

Rusizi: Yacucuye nyirabuja wamukoreshaga atazi aho akomoka

Umukobwa w’imyaka 18 wakoraga akazi ko mu rugo rwa Ayinkamiye Laurence w’imyaka 28 mu Mudugudu wa Kamabuye, Akagari ka Nyange, Umurenge wa Bugarama, Akarere ka Rusizi, yatawe muri yombi akekwaho...
31 October 2025 Yasuwe: 1627 0

Muhanga: Hakozwe umukwabu wasize umunani bakekwaho ubujura n’ibiyobyabwenge batawe muri yombi

Polisi ikorera mu Karere ka Muhanga yataye muri yombi itsinda ry’abagabo umunani bakekwaho ibikorwa bihungabanya umutekano birimo ubujura no gukoresha ibiyobyabwenge.
31 October 2025 Yasuwe: 311 0

Ibyavuye mu matora ya Tanzania byazamuriye uburakari abigaragambya

Imyigaragambyo ikomeje kwiyongera mu mijyi minini hirya no hino muri Tanzania aho uburakari bwiyongereye nyuma y’uko Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ku wa 30 Ukwakira, itangaje ibyavuye mu matora mu...
31 October 2025 Yasuwe: 900 0

AFC/M23 yitandukanyije n’abasaba gufungura ikibuga cy’indege cy’i Goma

Inama yabereye mu Bufaransa igamije kuvuga ku mahoro muri Congo Kinshasa yasabye ko ikibuga cy’ingede cy’i Goma, mu burasirazuba bwa Congo cyafungurwa, ibyo AFC/M23 ikigenzura ibona ko bidashoboka.
31 October 2025 Yasuwe: 637 0

NZAYIKORERA Jean yasabye guhindura amazina akitwa GASANA Jean

NZAYIKORERA Jean yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa GASANA Jean mu bitabo by’irangamimerere! Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi…
31 October 2025 Yasuwe: 338 0

Abanyamahanga basura u Rwanda bakoresheje arenga miliyari 839,9 Frw mu 2024

Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) isuzuma ibyo abantu bakoresheje mu ngendo bakoreye mu Rwanda [Travel Expenditure Survey:TES] yagaragaje ko mu 2024, abanyamahanga basura u...
31 October 2025 Yasuwe: 150 0