Umuraperi Lil G umaze igihe yimukiye i Burayi ari mu myiteguro y’ubukwe n’umugore wo muri Pologne bamaze igihe bakundana ndetse amakuru na we yemeza agahamya ko banabana nk’umugore n’umugabo.
Amatike y’umukino w’ikipe ya APR FC na Rayon Sports izakinwa ku wa Gatandatu tariki ya 8 Ugushyingo 2025 saa Cyenda wajyanwe muri Stade Amahoro, yagiye hanze aho harimo iya Miliyoni 2 z’Amanyarwanda.
Polisi ya Tanzania yatangaje ko iri guhigira hasi kubura hejuru abanyamahanga bateje imvururu mu bihe by’amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite, itangaza ko uko bizagenda kose bazaryozwa ibyo...
Icumbi ry’Ikigo cya IWE (Institute Women for Excellence) cyigamo abakobwa gusa giherereye mu Karere ka Rwamagana, ryahiye rirakongoka rihiramo ibikoresho byose by’abana 150 biga kuri iki Kigo.
Urwego rw’Umuvunyi rutangaza ko abantu 10 batamenyekanishije umutungo mu mwaka wa 2024/2025, bahawe ibihano biteganywa n’itegeko rigenga imenyekanishamutungo.
Umuyobozi Mukuru wa Unity Club Intwararumuri, Madamu Jeannette Kagame, yashimangiye ko Gahunda ya “Ndi Umunyarwanda” yagize uruhare mu komora ibikomere by’amateka mabi u Rwanda rwanyuzemo ndetse...