Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Jean-Patrick Nduhungirehe, yitabiriye ibirori byo gufungura Inzu Ndangamurage ya Misiri, byabereye mu Mujyi wa Cairo, ku wa 01...
Iturika bikekwa ko byaturutse ku mpanuka y’umuriro w’amashanyarazi byahitanye abantu 23, abandi 11 barakomereka bari mu iguriro ryo mu Ntara ya Sonora, mu Majyaruguru ashyira u Burengerazuba bwa...
Leta zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko Leta ya Congo n’ihuriro AFC/M23 bageze ku ntambwe ishimishije mu rugendo ruganisha ku mahoro, ko ariko buri wese agomba kubahiriza ibyo yiyemeje mu...
Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu minsi icumi ya mbere y’ukwezi k’Ugushyingo 2025, mu Gihugu hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 20 na 70, ikaba iri hasi...
Abakora muri Serivisi ya ISANGE One Stop Center mu Bitaro bya Kabgayi, babwiye Komisiyo y’abadepite ko mu myaka itatu ishize, iyi serivisi imaze kwakira abantu 2271 bakorewe ihohoterwa.
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Domitilla Mukantaganzwa, agaragaza ko gahunda mu iburanisha, ari uko urubanza rwinjiye mbere ari rwo ruba rugomba kuburanishwa mbere, nubwo ngo kutaburanishwa mbere...
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buhamya ko ibiganiro bya Doha biyoborwa na Leta ya Qatar bigamije kwica ihuriro AFC/M23 rigenzura ibice byinshi mu ntara ya Kivu...
Mu mudugudu wa Rugarama B, mu kagari ka Runga mu murenge wa Rwabicuma mu karere ka Nyanza hari umusore witwa Sibomana Samuel w’imyaka 20 wari usanzwe uragira inka, wagiye kwiba inzoga mu ruganda...
Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, J.D. Vance, yatangaje ko gusubukura igeragezwa ry’intwaro za kirimbuzi ari ingenzi kugira ngo hamenyekane niba izo ntwaro zigikora neza, kuko ari...