Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU) wagize Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, umuyobozi w’itsinda rigamije gushakira umuti urambye ku ntambara hagati y’ingabo za Leta ya Sudani (SAF)...
Perezida wa Kenya, Dr. William Ruto yatangaje ko ubu nta munyapolitiki bahanganye muri iki gihugu kuko Raila Odinga uherutse kwitaba Imana ari we wari ubifitiye ubushobozi gusa.
Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Tanzania yashyize hanze itangazo riburira Abanyamerika n’abandi baturage bari muri icyo gihugu, nyuma y’uko amatora ya Perezida n’Abadepite ‘aranzwe...
Umuhesaha w’inkiko w’umwuga ME KAGAME K. FESTO aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa uherereye mu karere ka GASABO.
Soma itangazo rirambuye….
Umuyobozi wa Polisi mu Mujyi wa Dar es Salaam, Jumanne Muliro, yatangaje ko hashyizweho gahunda ya guma mu rugo itangira gukurikizwa ku wa 29 Ukwakira 2026 Saa Kumi n’Ebyiri z’umugoroba.
Minisiteri y’Ubuzima muri Palestine yatangaje ko Abanya-Palestine 104 biciwe mu bitero bya Israel muri Gaza mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki ya 28 Ukwakira 2025.