Umunyarwanda Ivan Mbaraga, yagizwe Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi y’Ihuriro ry’Abashoramari bo muri Amerika bakorera mu Rwanda ‘American Chamber of Commerce in Rwanda: AmCham Rwanda)’.
Umuhanzi w’imideli wanamamaye mu biganiro bya ‘reality TV shows’, Kim Kardashian, yemeye ko ashobora kuzatsindwa ibizamini byo kuba umunyamategeko w’umwuga kubera kwishingikiriza ChatGPT.
Abantu batatu bo mu Karere ka Karongi bajyanywe ku Bitaro bya Kibuye nyuma yo kugwirwa n’urukuta rw’amabuye, ahari kubakwa umuhanda wa kaburimbo Karongi-Kiziba uhuza umujyi wa Karongi n’inkambi ya...
Guverinoma ya Tanzania yatangaje ko yakuyeho bimwe mu byemezo byari byashyizweho birimo guma mu rugo n’ifungwa rya internet, nyuma y’uko habaye imvururu zakurikiye amatora ya Perezida.
Ubuyobozi Bukuru bwa Kiliziya Gatolika ku Isi bukorera i Vatican, kuri uyu wa 4 Ugushyingo 2025 bwakebuye abakirisitu bizera ko Bikira Mariya yafashije Yezu gukiza abari mu Isi.