skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Ivan Mbaraga yagizwe umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi w’Ihuriro ry’Abashoramari b’Abanyamerika mu Rwanda

Umunyarwanda Ivan Mbaraga, yagizwe Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi y’Ihuriro ry’Abashoramari bo muri Amerika bakorera mu Rwanda ‘American Chamber of Commerce in Rwanda: AmCham Rwanda)’.
5 November 2025 Yasuwe: 345 0

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

Hoteli y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yatangiye gukora nyuma y’imyaka 11 yubakwa, iganurwa n’Ikipe y’Igihugu y’Abatarengeje imyaka 17.
5 November 2025 Yasuwe: 397 0

Abanya-Venezuela bahawe uburyo bwo gukora ubutasi kubera kwikanga Amerika

Abaturage ba Venezuela bashishikarijwe gukoresha porogaramu ya telefoni ibafasha kuneka ibyo buri umwe avuga nyuma y’aho ubutegetsi bwa Maduro bukomeje kwikanga ko igihe icyo ari cyo cyose Trump...
5 November 2025 Yasuwe: 223 0

Kim Kardashian ashobora kubura impamyabumenyi kubera gukoresha ChatGPT

Umuhanzi w’imideli wanamamaye mu biganiro bya ‘reality TV shows’, Kim Kardashian, yemeye ko ashobora kuzatsindwa ibizamini byo kuba umunyamategeko w’umwuga kubera kwishingikiriza ChatGPT.
5 November 2025 Yasuwe: 320 0

Batatu bubakaga umuhanda Karongi-Kiziba bagwiriwe n’urukuta

Abantu batatu bo mu Karere ka Karongi bajyanywe ku Bitaro bya Kibuye nyuma yo kugwirwa n’urukuta rw’amabuye, ahari kubakwa umuhanda wa kaburimbo Karongi-Kiziba uhuza umujyi wa Karongi n’inkambi ya...
5 November 2025 Yasuwe: 296 0

Tanzania yakuyeho guma mu rugo, inafungura internet nyuma y’imvururu z’amatora

Guverinoma ya Tanzania yatangaje ko yakuyeho bimwe mu byemezo byari byashyizweho birimo guma mu rugo n’ifungwa rya internet, nyuma y’uko habaye imvururu zakurikiye amatora ya Perezida.
4 November 2025 Yasuwe: 458 0

Shein yahagaritse gucuruza ibipupe bikoreshwa mu mibonano mpuzabitsina kuko bisa n’abana

Urubuga rw’ubucuruzi rwa Shein rwatangaje ko rwahagaritse burundu kugurisha ibipupe bikoreshwa mu mibonano mpuzabitsina (sex dolls) ku Isi hose, nyuma y’uko rurezwe kugurisha ibifite isura...
4 November 2025 Yasuwe: 485 0

Kiliziya Gatolika yemeje ko Mariya atafashije Yezu gukiza abantu

Ubuyobozi Bukuru bwa Kiliziya Gatolika ku Isi bukorera i Vatican, kuri uyu wa 4 Ugushyingo 2025 bwakebuye abakirisitu bizera ko Bikira Mariya yafashije Yezu gukiza abari mu Isi.
4 November 2025 Yasuwe: 677 0

Ingo 2700 ziganjemo iziyobowe n’abagore zahawe amashanyarazi ku buntu mu mwaka umwe

Imibare ya Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu, REG, igaragaza ko ingo 2750 ziganjemo iziyobowe n’abagore n’izindi y’ab’amikoro zahawe mashanyarazi mu mwaka umwe, bikorwa nta mafaranga zitanze.
4 November 2025 Yasuwe: 212 0

Iran igiye kongera kubaka inganda za nucléaire zasenywe na Israel

Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian yatangaje ko igihugu cye kizongera kubaka inganda zitunganyirizwamo ingufu za nucléaire zasenywe n’ibitero bya Israel.
4 November 2025 Yasuwe: 362 0