skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Kayitare David yahawe gusifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

Umusifuzi ukiri muto utaraba mpuzamahanga, Kayitare David, ni we wahawe gusifura umukino uba utegerejwe na benshi wa APR FC na Rayon Sports.
6 November 2025 Yasuwe: 686 0

Leta igiye kwishyurira abanyeshuri bashya barenga 16.000 inguzanyo yo kwiga kaminuza

Leta y’u Rwanda igiye guha abanyeshuri bashya 16.768 inguzanyo yo kwiga kaminuza n’amashuri makuru mu mwaka wa 2025/26 binyuze muri gahunda nshya yo gukuraho umwaka umwe abasoje amashuri yisumbuye...
6 November 2025 Yasuwe: 736 0

Umukecuru birakekwa ko yishwe ajugunywa mu bwiherero bw’akabari

Umukecuru uri mu cyigero cy’imyaka 70 bikekwa ko yari yagiye kunywera mu kabari, yasanzwe mu bwiherero bwako yapfuye umurambo we ucuramye bikekwa ko yishwe.
6 November 2025 Yasuwe: 641 0

U Burusiya bugiye gusubukura igerageza ry’intwaro za nucléaire

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yavuze ko igihugu ayoboye kisazubukura igerageza ry’intwaro za nucléaire mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangira ibyo bikorwa mu rwego rwo gukomeza...
6 November 2025 Yasuwe: 326 0

Tchad: Abarenga 300 bapfiriye mu mirwano yahuje abahinzi n’aborozi

Abantu 318 bamaze kugwa mu mirwano ikunze guhanganisha aborozi n’abahinzi ishingiye ku kuragira mu butaka buhinzwemo imyaka mu majyepfo y’uburengerazuba bwa Tchad.
6 November 2025 Yasuwe: 254 0

Uko Safi Madiba yazahajwe n’agahinda gakabije muri Canada

Umuhanzi Safi Madiba wanamenyekanye mu itsinda rya Urban Boys ryakanyujijeho mu muziki w’u Rwanda yahishuye uko akigera mu gihugu cya Canada, yagize uburwayi bw’agahinda gakabije kuko byahuriranye...
6 November 2025 Yasuwe: 622 0

Abanyafurika y’Epfo 17 bafatiwe muri Ukraine barwanira u Burusiya

Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko ikomeje guhamagarwa n’abaturage bafite ubwenegihugu bwayo 17 bafatiwe muri Ukraine mu Mujyi wa Donbas mu ntambara ihanganishije icyo gihugu n’u Burusiya.
6 November 2025 Yasuwe: 237 0

Philippines yashyizeho ibihe bidasanzwe nyuma y’umuyaga ukomeye wa Kalmaegi

Perezida wa Philippines, Ferdinand Marcos Jr., yatangaje ibihe bidasanzwe kuva ku wa 6 Ugushyingo 2025 nyuma y’uko umuyaga ukomeye wa Kalmaegi wishe abantu 114, abandi benshi bakaburirwa irengero.
6 November 2025 Yasuwe: 151 0

Umusifuzi wanze igitego cya APR FC ku mukino wa Rutsiro FC yahagaritswe

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryahagaritse umusifuzi Karangwa Justin ibyumweru bitanu adasifura, nyuma yo kwanga igitego cyashoboraga guhesha APR FC intsinzi ku mukino wa...
6 November 2025 Yasuwe: 494 0

Perezida wa Mexique agiye kurega uwamusomeye mu ruhame

Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum, yatangaje ko agiye kurega umugabo ‘wamusomye akanamukorakora’ ubwo yari mu ruhame aganiriza abaturage.
6 November 2025 Yasuwe: 339 0