Leta y’u Rwanda igiye guha abanyeshuri bashya 16.768 inguzanyo yo kwiga kaminuza n’amashuri makuru mu mwaka wa 2025/26 binyuze muri gahunda nshya yo gukuraho umwaka umwe abasoje amashuri yisumbuye...
Umukecuru uri mu cyigero cy’imyaka 70 bikekwa ko yari yagiye kunywera mu kabari, yasanzwe mu bwiherero bwako yapfuye umurambo we ucuramye bikekwa ko yishwe.
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yavuze ko igihugu ayoboye kisazubukura igerageza ry’intwaro za nucléaire mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangira ibyo bikorwa mu rwego rwo gukomeza...
Umuhanzi Safi Madiba wanamenyekanye mu itsinda rya Urban Boys ryakanyujijeho mu muziki w’u Rwanda yahishuye uko akigera mu gihugu cya Canada, yagize uburwayi bw’agahinda gakabije kuko byahuriranye...
Perezida wa Philippines, Ferdinand Marcos Jr., yatangaje ibihe bidasanzwe kuva ku wa 6 Ugushyingo 2025 nyuma y’uko umuyaga ukomeye wa Kalmaegi wishe abantu 114, abandi benshi bakaburirwa irengero.