Umuyobozi w’ishami rihuza ibikorwa bya gisirikare imbere mu Budage no mu mahanga, Lieutenant-general Alexander Sollfrank, yatangaje ko Berlin yiteguye kohereza ingabo 800.000 za NATO ku mupaka w’u...
Ishuri ryisumbuye ryigisha ibijyanye n’ikoranabuhanga rya Rwanda Coding Academy ryatsindiye kuzahagararira u Rwanda mu irushanwa nyafurika rya ‘Junior Achievement Africa Company of the Year’...
Umuvugizi wa White House, Karoline Leavitt, yashinje ikinyamakuru cyo mu Bwongereza BBC, gutangaza amakuru y’ibinyoma ku bushake mu nkuru cyakoze ku myigaragambyo y’abari bashyigikiye Perezida...
Perezida Paul Kagame yavuze ko yifuzaga ko abana be b’abahungu uko ari batatu bose bajya mu gisirikare, ariko imfura ye, Ivan Cyomoro Kagame iramuhakanira, imubwira ko yifuza gukora ubucuruzi...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahaye uburenganzira Hongrie bwo gukomeza kugura ibikomoka kuri peteroli na gaz bituruka mu Burusiya mu gihe cy’umwaka umwe.