Abakinnyi bakomeye mu mukino w’Iteramakofe muri Afurika, bagiye guhurira i Kigali mu marushanwa yiswe ‘Kigali Fight Night’ yateguwe na sosiyte ya Silverback Sports ifatanyije n’Ishyirahamwe...
Minisiteri y’Ubucuruzi n’inganda, MINICOM, iratangaza ko mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba hagiye kubakwa icyanya cy’inganda cy’ahazajya hatunganyirizwa ibikomoka ku mpu z’amatungo.
Imbangukiragutabara zamaze kugeza ku ngabo za Israel abaturage barindwi ba mbere Hamas yari yaratwaye bunyago.
Bagize ikiciro cya mbere cy’abantu 48 barimo 20 bapfuye baguye mu bunyago bwa...