skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Iteramakofe: Indwanyi zikomeye muri Afurika zigiye guhanganira i Kigali

Abakinnyi bakomeye mu mukino w’Iteramakofe muri Afurika, bagiye guhurira i Kigali mu marushanwa yiswe ‘Kigali Fight Night’ yateguwe na sosiyte ya Silverback Sports ifatanyije n’Ishyirahamwe...
13 October 2025 Yasuwe: 407 0

Dr. Sabin Nsanzimana yashyizwe ku rutonde rw’abavuga rikijyana ku Isi

Ikinyamakuru Time cyanditse ko Dr Sabin Nsanzimana usanzwe ari Minisitiri w’ubuzima ari umwe mu bantu 100 bavuga rikijyana kurusha abandi ku isi.
13 October 2025 Yasuwe: 619 0

Nta nzira y’ubusamo ihari ku Mavubi – Sheikh Habimana Hamdan

Perezida w’Ihuriro ry’Amarerero yigisha Abana gukina Umupira w’Amaguru “Ijabo Ryawe Rwanda”, Sheikh Habimana Hamdan. yatangaje ko nta nzira y’ubusamo yatuma Ikipe y’Igihugu ijya mu gikombe cy’Isi...
13 October 2025 Yasuwe: 384 0

U Rwanda rugiye kubaka icyanya cy’inganda cyahariwe ibikomoka ku mpu

Minisiteri y’Ubucuruzi n’inganda, MINICOM, iratangaza ko mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba hagiye kubakwa icyanya cy’inganda cy’ahazajya hatunganyirizwa ibikomoka ku mpu z’amatungo.
13 October 2025 Yasuwe: 274 0

Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bufaransa yashyizeho guverinoma nshya

Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, Sébastien Lecornu, wari uherutse kwegura Perezida Macron akamusubiza muri uwo mwanya, yashyizeho guverinoma nshya.
13 October 2025 Yasuwe: 319 0

Rufonsina witegura kwibaruka ubuheta yakorewe ‘Baby shower’ [AMAFOTO]

Impera z’icyumweru turangije cyasize inshuti za Rufonsina zimukoreye ibirori byo kumwifuriza kuzibaruka neza, bizwi nka‘Baby shower’.
13 October 2025 Yasuwe: 303 0

Abanya-Israel ba mbere batwawe na Hamas barekuwe

Imbangukiragutabara zamaze kugeza ku ngabo za Israel abaturage barindwi ba mbere Hamas yari yaratwaye bunyago. Bagize ikiciro cya mbere cy’abantu 48 barimo 20 bapfuye baguye mu bunyago bwa...
13 October 2025 Yasuwe: 265 0

RIB yafunze abakozi bo muri RBC na rwiyemezamirimo bakekwaho kunyereza asaga Miliyoni 45 Frw

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze abakozi babiri bakora mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) na rwiyemezamirimo akaba na nyir’ikigo cy’ubucuruzi cyitwa Paramount Company,...
13 October 2025 Yasuwe: 435 0

Umugore wa Akon watse gatanya n’akayabo, yatunguwe no gusanga imitungo ye yose yanditse kuri nyina

Nyuma y’uko Tomeka Thiam, umugore wa Akon, ashyikirije urukiko ikirego asaba gatanya nyuma y’imyaka 29 bari bamaze bashakanye, akanasaba guhabwa indishyi ingana na miliyoni 100 z’amayero (arenga...
13 October 2025 Yasuwe: 337 0

U Rwanda rwatangiye kuvuga umuti w’ikibazo cy’abana bareba amashusho y’urukozasoni

Ikoranabuhanga muri rusange ritanga amahirwe menshi arimo guhanga ibishya, kwiga no kwiyungura ubumenyi, guhererekanya amakuru, kwihutisha umurimo, kuwunoza no kubaka ubushobozi bukenewe muri iki...
12 October 2025 Yasuwe: 764 0