skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Raporo ya Polisi ku cyateye urupfu rwa Cynthia Umulisa ntiyanyuze umuryango we

Rtd Major Jean Bosco Mubarakh Kayinamura akaba ari we mukuru w’umuryango wa nyakwigendera Umulisa Cynthia wapfuye urupfu rutavuzweho rumwe, yagaragaje ko atanyuzwe na raporo ya Polisi ku cyateye...
14 October 2025 Yasuwe: 594 0

Gen. Mamat O.A ari i Kigali

Umugaba Mukuru w’Ingabo muri Gambia, Lieutenant General Mamat O.A yatangiye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda rugamije kunoza imikoranire mu bya gisirikare hagati y’ibihugu byombi.
14 October 2025 Yasuwe: 294 0

Ubushakashatsi: Abagore bo mu Rwanda bari muri ’menopause’ bahura n’agahinda gakabije

Ubushakashatsi bwagaragaje ko umubare munini w’abagore bageze mu gihe cya ‘menopause’ mu Rwanda, cyane cyane abari mu myaka 51 kuzamura, bahura n’ibibazo bikomeye by’ubuzima bwo mu mutwe, birimo...
13 October 2025 Yasuwe: 754 0

Ababyeyi ba Jude Bellingham batandukanye nyuma y’imyaka irenga 20 babana

Ababyeyi ba Jude Bellingham ukinira Real Madrid na Jobe Bellingham ukinira Borussia Dortumund, Mark Bellingham na Denise batandukanye nyuma y’imyaka irenga 20 bari bamaze babana.
13 October 2025 Yasuwe: 896 0

U Rwanda rubona AI nk’iyahangara ibibazo by’ubuzima muri Afurika

U Rwanda rwagaragararije Abaminisitiri b’Ubuzima,Abahanga udushya mu ikoranabuhanga, Abashakashatsi n’Abahanga mu by’ubuvuzi, Abaminisitiri mu nzego zitandukanye n’Abanyepoliki n’abandi bafitye aho...
13 October 2025 Yasuwe: 384 0

Sadate Munyakazi yagiriye inama urubyiruko yarugeza ku bukire

Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports, Sadate Munyakazi, yabwiye urubyiruko ko rukwiye gukunda ubukire ariko bazabugeraho baciye mu nzira nziza zitari izirimo ubujura n’ibisa na bwo.
13 October 2025 Yasuwe: 498 0

Perezida wa Madagascar yahungishijwe n’indege y’ingabo z’u Bufaransa

Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yahungishijwe n’indege y’ingabo z’u Bufaransa mu gihe abaturage n’abasirikare bakomeje kwigaragambiriza mu bice birimo Umurwa Mukuru, Antananarivo.
13 October 2025 Yasuwe: 741 0

Inkangu n’inkuba, ibiza bibiri biraza Abanyarwanda rwantambi

Mu 2023 u Rwanda rwibasiwe n’ibihe bibiri by’ibiza bikomeye ku buryo byahitanye ubuzima bw’abatari bake. Ni ibiza by’inkuba n’inkangu ndetse nta warenza ingohe imvura nyinshi iri mu byanabaye...
13 October 2025 Yasuwe: 398 0

Tshisekedi yimye amatwi Kiliziya Gatolika na Angilikani, atoranya abo azaganira na bo

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko adashobora kuganira n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe yise ‘intumwa z’abashotoranyi’ kuko ngo abo ntibashobora...
13 October 2025 Yasuwe: 417 0

Perezida wa FERWAFA yateguje igisubizo cyo gutsindwa kw’Amavubi

Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Shema Fabrice yateguje igisubizo cyo gutsindwa ku ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, avuga ko bagiye gushyira imbaraga nyinshi...
13 October 2025 Yasuwe: 640 0