Rtd Major Jean Bosco Mubarakh Kayinamura akaba ari we mukuru w’umuryango wa nyakwigendera Umulisa Cynthia wapfuye urupfu rutavuzweho rumwe, yagaragaje ko atanyuzwe na raporo ya Polisi ku cyateye...
Ababyeyi ba Jude Bellingham ukinira Real Madrid na Jobe Bellingham ukinira Borussia Dortumund, Mark Bellingham na Denise batandukanye nyuma y’imyaka irenga 20 bari bamaze babana.
U Rwanda rwagaragararije Abaminisitiri b’Ubuzima,Abahanga udushya mu ikoranabuhanga, Abashakashatsi n’Abahanga mu by’ubuvuzi, Abaminisitiri mu nzego zitandukanye n’Abanyepoliki n’abandi bafitye aho...
Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports, Sadate Munyakazi, yabwiye urubyiruko ko rukwiye gukunda ubukire ariko bazabugeraho baciye mu nzira nziza zitari izirimo ubujura n’ibisa na bwo.
Mu 2023 u Rwanda rwibasiwe n’ibihe bibiri by’ibiza bikomeye ku buryo byahitanye ubuzima bw’abatari bake. Ni ibiza by’inkuba n’inkangu ndetse nta warenza ingohe imvura nyinshi iri mu byanabaye...