Mu karere ka Muhanga, bamwe mu Baganga n’Abakozi b’Ibitaro bya Kabgayi bavuga ko batangiye guhabwa ibirarane bya miliyoni 100Frw arenga Leta ibabereyemo.
Umuraperikazi Nicki Minaj, yongeye gutera impungenge abafana be nyuma yo gushyira ubutumwa kuri X (Twitter) atagisohoye album kandi nta yindi miziki ye ukundi, byahise bivugisha benshi ku mbuga...
Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abamushyigikiye, kuri uyu wa 15 Ukwakira 2025 bashinze ihuriro rishya rifite intego yo gukemura ibibazo byugarije iki gihugu.
Igisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje ko umutwe witwaje intwaro wa Hamas ukorera mu ntara ya Gaza muri Palestine wagihaye umurambo w’umuntu utari uw’iki gihugu.
Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu yatangaje ko ubucucike mu magororero yo mu Rwanda mu mwaka wa 2024/2025 bwagabanyutseho 24,3% ugereranyije n’umwaka wari wabanje kuko bwavuye kuri...
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yashimiye ku mugaragaro umusirikare witwa Ari Spitz, wakomerekeye bikomeye mu ntambara iri kubera muri Gaza, aho yatakaje amaguru yombi n’ikiganza...
Kuri uyu wa Gatatu, Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FRDC), zagabye ibitero by’indege z’intambara mu bice bituwe n’abaturage no ku birindiro by’Ihuriro ry’umutwe AFC/M23 biri mu Ntara...