skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Netanyahu yongeye kwitaba urukiko ku byaha bya ruswa ashinjwa

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yongeye kwitaba urukiko ngo yiregure ku byaha amaze igihe akurikiranyweho bya ruswa, uburiganya no gukoresha nabi ububasha ahabwa.
15 October 2025 Yasuwe: 214 0

Amavuriro y’ibanze arenga 100 ntakora

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko 8,2% ni ukuvuga arenga 100 by’amavuriro y’ibanze u Rwanda rufite adakora kubera impamvu zitandukanye zirimo ubuke bw’abakozi.
15 October 2025 Yasuwe: 368 0

Davido agiye gutaramira i Kigali mu gitaramo cyatewe inkunga na SKOL Malt

Davido uri mu rugendo rw’ibitaramo by’uruhererekane bizenguruka Isi aho ari kumvisha abakunzi be album ye nshya yise ‘5Ive’, azataramira abakunzi be b’i Kigali mu Ukuboza 2025.
15 October 2025 Yasuwe: 280 0

Trump yavuze ko Hamas izarambika intwaro ku neza cyangwa ku nabi

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko umutwe witwaje intwaro wa Hamas ukorera mu Ntara ya Gaza muri Palestine, uzarambika intwaro ku neza cyangwa ku nabi.
15 October 2025 Yasuwe: 269 0

Hamenyekanye igihe Tour du Rwanda 2026 izabera

Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY), ryatangaje ko Isiganwa mpuzamahanga ry’umukino wo gusiganwa ku magare rizenguruka Igihugu “Tour du Rwanda 2026” rizatangira tariki 22...
15 October 2025 Yasuwe: 491 0

Kigali: Polisi yafashe abagabo babiri bakekwaho gutwara urumogi kuri moto

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), ryafashe abagabo babiri bakekwaho gutwara ibiro 28 by’urumogi kuri moto.
15 October 2025 Yasuwe: 278 0

Abantu 11 baregwa gucukura amabuye y’agaciro bitemewe barashinjana

Urukiko rw’ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza rwaburanishije abantu 11 ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, baregwa gucukura amabuye y’agaciro bitemewe n’amategeko.
15 October 2025 Yasuwe: 244 0

Kaminuza y’u Rwanda igiye gushyira ku isoko ry’umurimo abarenga ibihumbi 9

Kaminuza y’u Rwanda mu mashami yayo yose igiye guha impamyabumenyi zisoza ibyiciro bitandukanye by’amasomo, abanyeshuri 9,529, umubare munini ugereranyije n’abandi 8,068 bari barangije mu 2024.
15 October 2025 Yasuwe: 554 0

Ibyo wamenya ku ndwara yo guhagarara k’umutima yahitanye Raila Odinga

Raila Odinga, wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya, yapfuye afite imyaka 80 aguye mu Buhinde aho yari yaragiye kwivuriza. Bivugwa ko yazize uguhagarara k’umutima ubwo yari ari kugenda mu masaha...
15 October 2025 Yasuwe: 612 0

Yafunzwe imyaka 8, yiyamamariza kuyobora Kenya ntibyamuhira! Ibyaranze ubuzima bwa Raila Odinga watabarutse

Umwe mu banyapolitiki bakomeye kandi bubashywe muri Kenya, Raila Amolo Odinga, yitabye Imana afite imyaka 80 y’amavuko. Yaguye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15 Ukwakira 2025, azize...
15 October 2025 Yasuwe: 531 0