Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yongeye kwitaba urukiko ngo yiregure ku byaha amaze igihe akurikiranyweho bya ruswa, uburiganya no gukoresha nabi ububasha ahabwa.
Davido uri mu rugendo rw’ibitaramo by’uruhererekane bizenguruka Isi aho ari kumvisha abakunzi be album ye nshya yise ‘5Ive’, azataramira abakunzi be b’i Kigali mu Ukuboza 2025.
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko umutwe witwaje intwaro wa Hamas ukorera mu Ntara ya Gaza muri Palestine, uzarambika intwaro ku neza cyangwa ku nabi.
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY), ryatangaje ko Isiganwa mpuzamahanga ry’umukino wo gusiganwa ku magare rizenguruka Igihugu “Tour du Rwanda 2026” rizatangira tariki 22...
Raila Odinga, wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya, yapfuye afite imyaka 80 aguye mu Buhinde aho yari yaragiye kwivuriza. Bivugwa ko yazize uguhagarara k’umutima ubwo yari ari kugenda mu masaha...