skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Trump yohereje intasi za Amerika muri Venezuela

Nyuma y’imyaka myinshi y’intambara y’amagambo, amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Venezuela yageze ku rwego ruteye impungenge.
16 October 2025 Yasuwe: 395 0

Ni igihugu cyiza nahakunze - Lydia Jazmine wageze bwa mbere mu Rwanda

Lydia Jazmine uri mu bahanzi bagezweho muri Uganda, yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa 15 Ukwakira 2025, mu kiganiro kigufi yagiranye n’itangazamakuru ahamya ko yishimiye kugera bwa mbere mu gihugu...
16 October 2025 Yasuwe: 748 0

Bénin: Umuhate wo kugaruza mudasobwa zambuwe Abanyarwanda bahamijwe ibyaha bya Jenoside wakubise igihwereye

Ubuyobozi bwa Gereza ya Akpro-Missérété muri Bénin tariki ya 20 Mutarama 2025 bwambuye Abanyarwanda bahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mudasobwa n’ibindi bikoresho...
16 October 2025 Yasuwe: 570 0

Zelensky akomeje gutakambira Amerika ngo imuhe intwaro zo kurasa u Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky biteganyijwe ko ku wa 17 Ukwakira azahura na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ngo amusabe ubufasha mu bya gisirikare buzatuma atsinda...
16 October 2025 Yasuwe: 357 0

Koreya y’Epfo: Urukiko rwatesheje agaciro ubusabe bw’umugore washakaga miliyari y’amadolari ku mugabo batandukanye

Urukiko rw’Ikirenga rwa Koreya y’Epfo rwatesheje agaciro icyemezo cy’urukiko rwo mu rwego rwo hasi rwari rwarategetse umuherwe Chey Tae-won, uyobora ikigo gikomeye SK Group, kwishyura uwahoze ari...
16 October 2025 Yasuwe: 209 0

Umudepite wa EU yashinje Minisitiri w’Intebe wa Hongrie kumuneka

Umudepite wo mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’i Burayi, Daniel Freund, yatanze ikirego muri polisi yo mu Budage arega Minisitiri w’Intebe wa Hongrie, Viktor Orban, amushinja...
16 October 2025 Yasuwe: 156 0

Kim Kardashian yashyize umucyo ku cyatumye atandukana na Kanye West

Kim Kardashian yavuze ko kubura umutekano mu bijyanye n’amarangamutima no mu mikoro ari byo byamuhatirije gusaba gatanya na Kanye West, nyuma y’imyaka umunani bari bamaze bashyingiranywe.
16 October 2025 Yasuwe: 348 0

U Bushinwa bwafunze Abakristo 30

Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, Grace Jin Drexel wari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriye ubutumwa bugufi bwa se, Pasiteri Jin Mingri uzwi cyane mu Bushinwa, amusaba gusengera mugenzi we...
16 October 2025 Yasuwe: 458 0

Sadate ntiyicuza kubwira Abarundi n’Abanye-Congo ko bazisanga boza imihanda n’ubwiherero by’Abanyarwanda

Umushoramari Munyakazi Sadate aherutse gutangaza ko Abanyarwanda bakwiriye gukora cyane kugira ngo bakire, ku buryo mu myaka iri imbere bazajya batanga akazi ko gukubura imihanda yo mu Rwanda no...
16 October 2025 Yasuwe: 494 0

ChatGPT igiye kujya yerekana ibitera irari ry’ubusambanyi

Ubuyobozi bw’ikigo OpenAI kigenzura urubuga ChatGPT bwatangaje ko buteganya kujya bushyiraho ibihangano bishobora gutera abantu bakuru irari ry’imibonano mpuzabitsina mu rwego rwo kuziba icyuho cya...
16 October 2025 Yasuwe: 280 0