Lydia Jazmine uri mu bahanzi bagezweho muri Uganda, yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa 15 Ukwakira 2025, mu kiganiro kigufi yagiranye n’itangazamakuru ahamya ko yishimiye kugera bwa mbere mu gihugu...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky biteganyijwe ko ku wa 17 Ukwakira azahura na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ngo amusabe ubufasha mu bya gisirikare buzatuma atsinda...
Umudepite wo mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’i Burayi, Daniel Freund, yatanze ikirego muri polisi yo mu Budage arega Minisitiri w’Intebe wa Hongrie, Viktor Orban, amushinja...
Kim Kardashian yavuze ko kubura umutekano mu bijyanye n’amarangamutima no mu mikoro ari byo byamuhatirije gusaba gatanya na Kanye West, nyuma y’imyaka umunani bari bamaze bashyingiranywe.
Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, Grace Jin Drexel wari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriye ubutumwa bugufi bwa se, Pasiteri Jin Mingri uzwi cyane mu Bushinwa, amusaba gusengera mugenzi we...
Umushoramari Munyakazi Sadate aherutse gutangaza ko Abanyarwanda bakwiriye gukora cyane kugira ngo bakire, ku buryo mu myaka iri imbere bazajya batanga akazi ko gukubura imihanda yo mu Rwanda no...