skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Paris: Inzu ndangamurage ya Louvre yahagaritse imirimo kubera ubujura

Inzu ndangamurage ya Louvre Museum iri mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa, yafunzwe kuri iki Cyumweru nyuma y’uko habaye ubujura bwateje impagarara, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Umuco w’u...
19 October 2025 Yasuwe: 376 0

Perezida Bassirou Diomaye Faye yahuye n’Abanya-Sénégal baba mu Rwanda

Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda, yahuye n’Abanya-Sénégal batuye mu Rwanda hamwe n’abayobora ibigo by’ubucuruzi byo muri icyo gihugu bihakorera.
19 October 2025 Yasuwe: 550 0

Taylor Swift yatanze arenga Miliyoni 145 Frw yo gufasha umwana urwaye kanseri

Umuririmbyi w’icyamamare ku isi, Taylor Swift, yongeye kugaragaza umutima w’urukundo n’impuhwe ubwo yateraga inkunga y’amadolari ibihumbi 100 (145,560,000 Frw) umwana w’umukobwa witwa Lilah, urwaye...
19 October 2025 Yasuwe: 747 0

Patrice Motsepe yateye utwatsi ibyo guhatanira kuyobora Afurika y’Epfo

Perezida w’Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF), Patrice Motsepe, yamaganye ibyari biherutswe gutangazwa ko ashaka guhatanira kuyobora Afurika y’Epfo, avuga ko icyo gihugu kidakeneye...
19 October 2025 Yasuwe: 324 0

Nyuma y’inzu yavugishije benshi, Miss Mutesi Jolly yaguze imodoka ya Miliyoni 436 Frw

Miss Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda wa 2016, ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kwiyongera mu mubare w’abatunze imodoka zihenze cyane mu gihugu, nyuma yo kugura Mercedes Benz G 63 2025...
19 October 2025 Yasuwe: 1826 0

U Rwanda na Sénégal byagiranye amasezerano atanu mashya y’imikoranire

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Sénégal, Diomaye Faye, bayoboye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano y’imikoranire mu nzego zitandukanye zirimo ubuhinzi n’ubworozi,...
18 October 2025 Yasuwe: 361 0

Kitoko na Davido bagiye guhurira i Kigali mu gitaramo gikomeye cyatewe inkunga na SKOL

Umuhanzi w’Umunyarwanda, Kitoko Bibarwa [Kitoko] agiye kongera kuririmbira imbere y’abafana be mu Rwanda, aho azahurira ku rubyiniro na Davido, umwe mu bahanzi bakomeye muri Afurika, mu gitaramo...
18 October 2025 Yasuwe: 415 0

Trump yakoresheje imvugo nyandagazi yihangiriza Maduro

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko mugenzi we uyobora Venezuela, Nicolas Maduro, atifuza cyangwa adashobora gukinisha Amerika nubwo ibi bihugu byombi bimaze igihe...
18 October 2025 Yasuwe: 1062 0

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Faye wa Sénégal

Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, uri mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu Rwanda, mu muhango wabereye muri Village Urugwiro mu gitondo cyo kuri uyu wa...
18 October 2025 Yasuwe: 311 0

Umukinnyi yahanishijwe kugurira iPhone 16 bagenzi be kubera gukererwa imyitozo

Umukinnyi w’Umufaransa ukinira ikipe ya AS Monaco, Christian Mawissa, yahanishijwe kugurira abakinnyi bose bakinana iPhone 16 Pro Max kubera gukererwa imyitozo. Mu ikipe ya AS Monaco yo mu cyiciro...
18 October 2025 Yasuwe: 886 0