U Rwanda rugiye kwakira Inama Nyafurika yiga ku hazaza h’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI) mu burezi no mu iterambere ry’umurimo, izwi nka ‘FEWA AI Summit’.
Ubushakashatsi bwakozwe n’Ishuri ryo kwigisha no guteza imbere amategeko, ILPD, bwagaragaje ko ijanisha rinini ry’ibibazo byakemuwe mu buryo butisunze inkiko ari ibijyanye n’imbonezamubano kuva mu...
Urukiko rwo muri Leta ya Kano muri Nigeria rwategetse ko umusore n’umukobwa bagaragaye ku mbuga nkoranyambaga basomana, bashyingirwa mu gihe kitarenze iminsi 60.
Perezida Donald Trump yavuze ko atashakaga “inama y’ubusa”, nyuma y’uko inama yagombaga kumuhuza na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, kugira ngo baganire ku ntambara yo muri Ukraine, isubitswe.