Imodoka 19 zirimo iz’Abanyarwanda n’Abanya-Uganda zitezwe mu isiganwa rya Huye Rally rizabera i Huye na Gisagara mu mpera z’icyumweru, hagati ya tariki ya 24 n’iya 26 Ukwakira 2025.
Nizeyuhoraho Pierre, Umuyobozi wa ‘NI & P Company Ltd’ yari isanzwe itumiza ikinyabutabire cya ‘Ethanol’ yifashishwa mu kwenga inzoga, yamaze gutoroka ubutabera nyuma y’uko amenye ko ari...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva byatangaje ko kuri uyu wa 22 Ukwakira 2025, yakiriye Aurélie Royet-Gounin, Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Minisiteri y’Ubutabera miliyoni 230 z’Amadolari yahombye ubwo yakorwagaho iperereza ahamya ko ritari rifite ishingiro.
Ikarita ya mbere ya Michael Jordan yasinyweho n’uyu mukinnyi w’icyamamare yaciye agahigo ku isoko ry’amakarita, igurwa miliyoni 2.5 z’amadolari y’Amerika aho iri imwe mu zaguzwe amafaranga menshi.
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye muri White House ubwo Trump yakiraga Minisitiri w’Intebe wa Australia, uyu muyobozi yacyashye umu-cameraman amuburira ko yakwitonda kugira ngo atamena ikirahure...
Abasenateri bane barimo Prof. Dusingizemungu Jean Pierre, Dr. Uwamariya Valentine, Gasana Alfred na Uwizeyimana Evode bashyizweho na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, babinyujije ku mbuga...