skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Perezida Museveni yahishuye ko yanze amafaranga ya Gaddafi

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga.
24 October 2025 Yasuwe: 384 0

Urakaza neza rukundo rwanjye - Annette Murava abwira Gafaranga uherutse gufungurwa

Annette Murava yashyize hanze ifoto igaragaza ko yasohokanye umugabo we Bishop Gafaranga nyuma y’iminsi mike uyu mugabo we avuye muri gereza.
24 October 2025 Yasuwe: 378 0

MINEMA yateguje imvura idasanzwe mu minsi ya nyuma y’Ukwakira

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yatangaje ko mu mpera z’ukwezi k’Ukwakira, hateganyijwe imvura nyinshi ishobora gutera imyuzure, inkangu n’inkuba, isaba abantu kwitwararika no...
23 October 2025 Yasuwe: 615 0

AFC/M23 yahakanye kohereza intumwa mu Burundi

Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, yahakanye ibyo kohereza intumwa mu Burundi.
23 October 2025 Yasuwe: 771 0

SKOL igiye kongera guhuriza abaraperi bakomeye mu gitaramo ’MIC Tribe’

Abaraperi bo mu kiragano gishya bakunzwe n’abiganjemo urubyiruko bategerejwe mu gitaramo gikomeye cya ’MIC Tribe’, kigiye kuba ku nshuro ya kabiri nyuma y’uko icyabanje cyasize amateka mu muziki wa...
23 October 2025 Yasuwe: 422 0

Diddy yafatiweho icyuma muri gereza hafi yo kwicwa

Umuraperi Sean Combs uzwi cyane nka Diddy, ari mu bihe bikomeye muri gereza ya MDC Brooklyn afungiyemo, aho bivugwa ko mu minsi ishize yafatiweho icyuma mu ijoro rimwe ubwo yari asinziriye.
23 October 2025 Yasuwe: 638 0

Gen Muhoozi yifurije Perezida Kagame isabukuru nziza

Gen Muhoozi yifurije Perezida Kagame isabukuru nziza
23 October 2025 Yasuwe: 641 0

Ntabwo ari urwa Leta y’u Rwanda- Me Karongozi ku rubanza rwa Munyemana

Me Karongozi André-Martin wunganira abaregera indishyi mu rubanza rwa Dr. Munyemana Sosthène, yagaragaje ko abavuze ko Leta y’u Rwanda irufitemo uruhare ntacyo baba bashingiraho.
23 October 2025 Yasuwe: 289 0

Kinshasa: Amabandi yitwaje intwaro yongeye kurikoroza

Abantu bitwaje intwaro bikekwa ko ari amabandi binjiye mu iduka batwara amadolari 8,000 n’andi mafaranga akoreshwa muri Congo, atemenyekanye umubare, ikibazo cy’ubujura nk’ubu kirafata intera mu...
23 October 2025 Yasuwe: 866 0

Abantu 37 bakurikiranyweho ibyaha bya Ruswa mu 204/2025

Urwego rw’Umuvunyi rwatangaje ko mu mwaka wa 2024/2025 rwashyikirije Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB, dosiye z’abantu 37 bakekwaho ibyaha bya ruswa.
23 October 2025 Yasuwe: 202 0