Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga.
Abaraperi bo mu kiragano gishya bakunzwe n’abiganjemo urubyiruko bategerejwe mu gitaramo gikomeye cya ’MIC Tribe’, kigiye kuba ku nshuro ya kabiri nyuma y’uko icyabanje cyasize amateka mu muziki wa...
Umuraperi Sean Combs uzwi cyane nka Diddy, ari mu bihe bikomeye muri gereza ya MDC Brooklyn afungiyemo, aho bivugwa ko mu minsi ishize yafatiweho icyuma mu ijoro rimwe ubwo yari asinziriye.
Me Karongozi André-Martin wunganira abaregera indishyi mu rubanza rwa Dr. Munyemana Sosthène, yagaragaje ko abavuze ko Leta y’u Rwanda irufitemo uruhare ntacyo baba bashingiraho.