Intumwa ya Donald Trump mu Burasirazuba bwo Hagati Steve Witkoff yatangarije CBS 60 Minutes ko igihugu cye kiri gukorana n’incuti zacyo mu gukusanya Miliyari $50 zo gusana Gaza.
Nicolas Sarkozy wayoboye u Bufaransa kuva mu 2007 kugeza mu 2012, yahuye na Perezida Emmanuel Macron mu cyumweru gishize mbere yo kujya muri gereza ya La Santé iherereye mu mujyi wa Paris.
Arikiyepisikopi w’Itorero Angilikani ry’u Rwanda, Dr. Mbanda Laurent, yatangaje ko nta byacitse kuba umuntu yabazwa inshingano, yongera kuvuga ko niba hari umukozi w’Imana ushaka gukora atabazwa...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) Dr Bizimana Jean Damascene, yatangaje ko mu Rwanda byagaragaye ko hari aho ingengabitekerezo ya Jenoside itaganirwaho uko...
Nyuma y’imyaka 12 yimukiye mu Bwongereza, Kitoko Bibarwa aritegura gutaha burundu mu Rwanda. Amakuru mashya avuga ko iyo gahunda iteganyijwe muri uyu mwaka ndetse ko azakirirwa mu gitaramo...
Ibihugu byo ku Mugane w’i Burayi bikomeje kugaragaza ko bitanyuzwe n’inama igiye guhuza Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin na Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, i Budapest...
Dr. Munyemana Sosthène uri kuburana ubujurire mu Rukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa, yemeje ko mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi yahawe imfunguzo za Segiteri ya Tumba muri Perefegitura...
Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Amb. Christine Nkulikiyinka, yatangaje ko hagati ya 2017 na 2024, mu Rwanda hahanzwe imirimo miliyoni 1,7 harimo irenga miliyoni 1,4 yahangiwe abari mu...