Ihuriro rya AFC/M23 na Wazalendo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biri mu mirwano ikomeye muri santere ya Nyabiondo iherereye muri teritwari ya Masisi, intara...
U Rwanda rufite intego yo kongera amafaranga yinjira aturutse mu bukerarugendo bushingiye ku kwakira inama n’imurikabikorwa (MICE), aho azagera kuri miliyoni 224$ (miliyari 325 Frw) mu 2028, avuye...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, indege y’imizigo ya Emirates yavuye ku murongo w’indege ubwo yari igiye kugwa ku Kibuga Mpuzamahanga cya Hong Kong, igwa mu nyanja, ihitana abakozi babiri bo ku...
Perezida wa Sénégal Bassirou Diomaye Faye yasoje uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda, kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Ukwakira 2025.
Raila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya akaba aherutse kwitaba Imana azize guhagarara k’umutima, yashyinguwe hafi y’imva ya Se, Jaramogi Oginga Odinga, wabaye Visi Perezida wa mbere wa...
Perezida Paul Kagame na Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, wari mu ruzinduko mu Rwanda, bifatanyije n’abatuye Umujyi wa Kigali muri siporo rusange imenyerewe nka Car Free Day.
Imvura ivanze n’urubura rwinshi yaguye mu ijoro ryo ku wa 17 Ukwakira 2025 yangije imyaka yiganjemo ibigori ihinze mu Midugudu ya Kamishishi, Mucaca, Rukondo na Bitura, Akagari ka Kageyo, Umurenge...