Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse ko igice kimwe cy’ingoro y’Umukuru w’Igihugu (White House) gisenywa kugira ngo hashyirwe icyumba kinini cy’imyidagaduro.
Perezida wa Gasogi United, Kakoza Nkuliza Charles (KNC), mu mujinya mwinshi yagaragaje ko igihe kigeze ngo akarengane mu mupira w’u Rwanda gaterwa n’imisifurire mibi gacike, ndetse asaba RIB...
Byari iby’agaciro kongera guhura n’umuvandimwe nyuma y’igihe kinini dore ko twaherukanaga mbere y’induru. Aya ni amagambo ya Madebeats nyuma yo kongera guhura na The Ben bari bamaze igihe umwuka...
Ahagana Saa Tatu n’igice, nibwo Nicolas Sarkozy wabaye Perezida w’u Bufaransa, yinjiye muri Gereza izwi nka Prison de la Santé iherereye mu gace ka 14e arrondissement de Paris, aho agiye gufungirwa.
Sanae Takaichi yatsindiye kuba Minisitiri w’Intebe w’Ubuyapani, akaba ari we mugore wa mbere ugeze kuri uru rwego mu mateka y’iki gihugu cyo muri Aziya y’Amajyepfo ashyira Uburasirazuba.