Umuhanzikazi Tyla ukomoka muri Afurika yepfo uri mu bagezweho mu ruhando rwa muzika ku isi kuri uyu munsi yishimiye bikomeye guhura n’umuhanzi Wizkid ukomoka mu gihugu cya Nigeria.
Ku munsi wo ku wa gatatu wiki cyumweru ikipe ya APR FC yegukanye bidasubirwaho igikombe cya Shampiyona cyuyu mwaka w’imikino 2024/2025 , cyikaba ari igikombe cya 23 Nyamukandagira mu Kibuga...
Abenshi mu basura u Rwanda kimwe mu bibanezeza bakanagenda barwirahira amahanga yose ni abari b’u Rwanda abenshi bemeza nta shiti ko aribo beza mu buranga ba mbere ku mugabane wa Afurika, gusa...
Mu ijoro ryakeye ikipe ya Chelsea FC yaraye yegukanye igikombe cya UEFA CONFERRENCE LEAGUE itsinze ikipe ya Real betis ibitego 4-1, ni umukino wabereye kuri stade ya Wrocław Stadium ijyamo abantu...
Ku munsi wejo nibwo hasozwaga umwaka w’imikino 2024/2025 byumwihariko mu mupira wa maguru muri shampiyona y’u Rwanda aho hakinwaga umunsi wa 30, byari umunsi w’ibirori ku ikipe ya APR FC yegukanye...
Umusifuzi Ngaboyisonga Patrick yongeye kuba inkuru ishyirwa ku mitwe y’ibinyamakuru byinshi nyuma yaho mu ijoro ryatambutse yagaragaye kuri Stade Amahoro yambaye imyenda irimo amabara ya APR FC....
Ese mwatuburanye iki ? Ese tuzakore iki ngo natwe duhabwe agacirio? Ibi ni bimwe mu bibazo abahanzi batandukanye bo muri Uganda barimo kwibaza nyuma yo kumenya ko umuhanzi Chibu Dangote Diamond...