skol
Kigali

Author

Gladiator OG

Ruhango: Menya icyadindije iyubakwa rya Kiliziya nini yo kwa Yezu Nyirimpuhwe

Padiri Jean Marie Vianney Nizeyimana, umuyobozi w’Ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe mu Ruhango, avuga ko imirimo yo gutangira kuyubaka yakomeje gukomwa mu nkokora n’amananiza ku kugura igice kigomba...
29 April 2025 Yasuwe: 954 0

Abaraperi 9 bakomeye Akarere Ka Kicukiro kahaye Igihugu

Bijya bibaho ugasanga agace runaka kihariye impano nyinshi mu bintu runaka : Siporo,umuziki,ubukorikori,n’ibindi byinshi. ni ibisanzwe ko muri HipHop buri gace kaba gafite abaraperi bakomeye...
29 April 2025 Yasuwe: 1305 0

Uwambere afite abana 22, Dore urutonde rw’abaraperi bafite abana benshi.

Ese ujya wibaza ikibazo kigira kiti, ese ni uwuhe muraperi ufite abana benshi? Ese wabyizera umuntu asubije icyo kibazo cyawe akubwirako hari abaraperi bafite abana bashobora gukora ikipe...
28 April 2025 Yasuwe: 952 0

Ntandukana na Wiz Khalifa namaze imyaka itatu yose ndara ndira – Amber Rose

Mu gihe benshi bakundana ariko iyo bibaye ngombwa ko batandukana buri umwe akanyura ize nzira , bahita bibagirwa abo bakundanye nabo nk’aho batigeze banamenyana ku rundi ruhande hari abo bigora...
28 April 2025 Yasuwe: 659 0

Menya akayabo Skales yishyuwe ngo aririmbire abakinnyi ba FC Barcelona

Mu ijoro ryakeye byari ibirori ku bafana ndetse n’ikipe ya FC Barcelona nyuma yuko itwaye igikombe cya Copa Del Rey itsinze mukeba wayo Real Madrid ibitego 3-2. Nyuma yo gutwara igikombe...
27 April 2025 Yasuwe: 897 0

Top10 , Indirimbo 10 z’Ibihe byose z’umuraperi Tupac Shakur

Tupac Amaru Shakur afatwa na benshi nk’umuhanzi w’ibihe byose mu njyana ya Rap, ni umwe mu bantu bamamaye binyuze mu muziki kuva mu rusisiro rwaza California muri Leta Zunze ubumwe za Amerika...
25 April 2025 Yasuwe: 412 0

Sobanukirwa byinshi ku mukobwa wabenze Papa Francis bakiri bato bigatuma yiyemeza kuzaba ingaragu ubuzima bwose.

Papa Francis ni umwe mu bantu bafite inkuru nyinshi z’ubuzima bwabo, ni umugabo wavukiye ndetse akurira I Bueno aires mu murwa mukuru w’igihugu cya Agentina. Aho niho Papa yakuriye ndetse mu bihe...
25 April 2025 Yasuwe: 931 0

Perezida Capt. Ibrahim Traore akomeje kwigarurira umutima w’ikizungerezi

Umuhanzikazi akaba n’umuraperikazi Stefflondon ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza akomeje kugaragaza ko Perezida wa Burkina Faso Capt Ibrahim Traore ari umugabo w’igitangaza.
24 April 2025 Yasuwe: 2704 0

Ni bande? Dore ibyo wamenya ku bakobwa 6 bose bakundanye na Diamond Platnumz

Umuhanzi King James yararimbye ati “ Wanzanye mu rukundo ubonye mpageze uransiga , amagambo asize umunyu wambwiraga yagiye he ? ngaho mbwira ese warikiniraga ? Urukundo ni rwiza kandi biba byiza...
24 April 2025 Yasuwe: 769 0

Abanyeshuri bose guhera ku bana b’imyaka 6 mu bushinwa bagiye kujya bigishwa ubwenge buhangano

Ministeri y’uburezi mu gihugu cy’ubushinwa yamaze gutangazako guhera tariki ya 1 Nzeri uyu mwaka w’i2025, abanyeshuri bose guhera ku bana b’imyaka 6 biga mu kiburamwaka kugera ku bana bafite...
23 April 2025 Yasuwe: 234 0