Uyu ni umwe mu bantu bazwi cyane mu ruhando rwa filime ku isi hose, yakinnye muri filime yakunzwe na benshi yitwa Money Heist cyangwa se Lacasa De Papel uyu mugabo w’Imisatsi myinshi yakinnye...
Umunyemari Coach Gael yatangaje ko afite gahunda yo kuzazana umuhanzi w’icyamamare mu muziki ku rwego mpuzamahanga Chris Brown akaba yaza gutaramira mu Rwanda, ibi uyu mujejetafaranga yabitangaje...
Kamanzi Axelle wahoze ari umuyobozi w’akarere ka Musanze wungirije ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage , kuri ubu nyuma y’imyaka hafi ibiri yirukanywe mu mirimo ya Leta nkuko itangazo ryasohotse...
Aya ni amafoto azwi cyane ku mbuga nkoranyambaga ariko byumwihariko akaba yaramamaye cyane mu mwaka w’i 2024 ubwo Papa wa Lamine Yamal ari we Mounir Nasraoui yayasangizaga abamukurikirana ku rukuta...
Bajya bavuga ngo imyaka ni nk’inkorora ntabwo wayihisha ngo ndetse uko wagerageza kwiyitaho kose birangira ugaragaje cyangwa se umubiri bigaragara ko utakiri muto, gusa ibyo ni imvugo zicyuye igihe...
Si inshuro ya mbere twese twaba twumvise izina Itangishaka ibi bishatse kuvuga ko icyo Imana itaguhaye ntakucyibihatira kugitanga ku ngufu ibi birimo : Amaronko atandukanye, Ubwenge, urubyaro ,...
Abakunzi ba filime iyo bigeze kuziteye ubwoba mbega za filime udashobora kureba uri wenyine abenshi bahita bajya ku gatebe kabasimbura gusa hari n’abandi batajya batinya bene izo filime ahubwo...