Umuhanzikazi Karole Kasita ukomoka mu gihugu cya Uganda yatangaje ko umwana yibarutse muri 2023 yamubyaye nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsinda idakingiye ku nshuro ye ya mbere kuko mu busanzwe...
Turahirwa Moses yabonye izuba mu mwaka w’i1991avukira I kibogora mu karere ka Nyamasheke ni mu ntara y’iburengerazuba bw’u Rwanda , Moses ni umwana wa kane mu muryango w’iwabo wa bana batanu. Kuri...
Si inshuro ya mbere twese twaba twumvise izina itangishaka ibi bishatse kuvuga ko icyo Imana itaguhaye ntakukibihatira kugitanga ku ngufu ibi birimo : Amaronko atandukanye, ubwenge, ubuzima buzira...
Umuhanzikazi Lady Gaga mu mpera z’icyumweru dusoje kuwa gatandatu yakoze amateka mu gitaramo yakoreye ku musenyi wa Copacabana I Rio de janeiro mu gihugu cya Brazil.
Ni inshuro nyinshi tubona abakinnyi b’umupira wa maguru cyane cyane abo ku mugabane w’iburayi bazana abakunzi babo ku bibuga ndetse baba batsinze bagafatanya kwishimira intsinzi ari nako babatera...
Umuraperi Kanyewest kuri ubu ukoresha izina rya Ye, yatangaje ko muri Rap yuyu munsi nta wundi muraperi ku isi Wabasha gutsinda Kendrick Lamar mu byitwa Diss Track cyangwa se za ndirimbo abaraperi...
Gen. Muhoozi Kainerugaba umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yatangaje ko nta gahunda afite yo kuba yajya mu rukundo na Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly. Ibi uyu mugaba mukuru w’ingabo za...
Alana Martina umukobwa wa Cristiano Ronaldo w’imyaka 8 ya mavuko yatangaje ko yumva adakeneye kuzagira icyo akora mu hazaza naba mukuru ndetse ko icyo ashaka ari ukujya yibera mu rugo gusa. Ibi uyu...
Butera Knowless ni umwe mu bahanzi b’intangarugero mu mateka ya muzika nyarwanda, impano ye, umuziki we ndetse n’urwego rwo kwamamara kwe biri ku rwego rw’indashyikirwa. Gusa uyu muhanzikazi unyura...