Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump na mugenzi we w’u Bushinwa Xi Jinping, bagiye kugirana ikiganiro kuri telefone kugira ngo bafate umwanzuro wa nyuma ku kuba ibikorwa bya Tik...
Miss Muyango wari umaze igihe akora ku Isibo TV mu kiganiro ‘Take over’ yasimbujwe Khadidja Nino wari usanzwe umenyerewe kuri Flash TV watangiye gukora muri iki kiganiro ku wa 15 Nzeri 2025.
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko atazigera ahagarika kugaba ibitero ku bayobozi ba Hamas, kabone nubwo aba bayobozi bahungira hanze ya Gaza.
Umuherwe akaba n’umusesenguzi wa politiki wo muri Uganda Frank Gashumba, yatangaje ko we n’umugore we Patience Malaika Mutoni baherutse gushyingianwa bibarutse umwana.
Nyuma y’ukwezi kurenga bari bamaze muri Arménie, abana bo muri ‘Moriox kids’ mu ijoro ryo ku wa 14 Nzeri 2025, bahakoreye igitaramo cyitabiriwe ku rwego rwo hejuru.
Seboyi Vincent w’imyaka 62, wo mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi, yasanzwe mu mugozi yapfuye, hakekwa ko yiyahuye, ariko ntihamenyekane icyaba cyabimuteye.