skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Trump na Xi Jinping bagiye kuganira ku mwanzuro wa nyuma ku kibazo cya Tik Tok

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump na mugenzi we w’u Bushinwa Xi Jinping, bagiye kugirana ikiganiro kuri telefone kugira ngo bafate umwanzuro wa nyuma ku kuba ibikorwa bya Tik...
16 September 2025 Yasuwe: 205 0

Miss Muyango yasimbujwe ku Isibo TV

Miss Muyango wari umaze igihe akora ku Isibo TV mu kiganiro ‘Take over’ yasimbujwe Khadidja Nino wari usanzwe umenyerewe kuri Flash TV watangiye gukora muri iki kiganiro ku wa 15 Nzeri 2025.
16 September 2025 Yasuwe: 408 0

Israel: Netanyahu yateye utwatsi ibyo guhagarika kugaba ibitero ku bayobozi ba Hamas

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko atazigera ahagarika kugaba ibitero ku bayobozi ba Hamas, kabone nubwo aba bayobozi bahungira hanze ya Gaza.
15 September 2025 Yasuwe: 381 0

Zambia: Babiri bafungiwe kugerageza kuroga Perezida Hichilema

Urukiko rwo muri Zambia rwakatiye abantu babiri igifungo cy’imyaka ibiri nyuma yo kubahamya icyaha cyo kugerageza kwica Perezida Hakainde Hichilema bakoresheje uburozi.
15 September 2025 Yasuwe: 350 0

Senateri Uwizeyimana Evode yagereranyije imyitwarire ya Wazalendo n’iya Léon Mugesera

Senateri Uwizeyimana Evode yavuze ko imvugo n’ibikorwa bya Wazalendo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bigamije kuhirukana Abanye-Congo b’Abatutsi ntaho zitaniye na...
15 September 2025 Yasuwe: 358 0

Frank Gashumba n’umugore we Malaika bibarutse imfura yabo

Umuherwe akaba n’umusesenguzi wa politiki wo muri Uganda Frank Gashumba, yatangaje ko we n’umugore we Patience Malaika Mutoni baherutse gushyingianwa bibarutse umwana.
15 September 2025 Yasuwe: 481 0

Abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda berekeje i Cabo Delgado gusimbura bagenzi babo

Abasirikare n’Abapolisi b’u Rwanda bahagurutse ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali, berekeza i Cabo Delgado muri Mozambique mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba. Bagiye gusimbura bagenzi babo...
15 September 2025 Yasuwe: 413 0

Romania yatumije Ambasaderi w’u Burusiya

Romania yatumije Ambasaderi w’u Burusiya muri iki gihugu nyuma y’uko indege zitagira abapilote (drones) z’igisirikare cy’u Burusiya zinjiye mu kirere cyayo, ibintu Romania yafashe nko kuvogera...
15 September 2025 Yasuwe: 513 0

Abana bo muri ‘Moriox kids’ bakoreye igitaramo muri Arménie

Nyuma y’ukwezi kurenga bari bamaze muri Arménie, abana bo muri ‘Moriox kids’ mu ijoro ryo ku wa 14 Nzeri 2025, bahakoreye igitaramo cyitabiriwe ku rwego rwo hejuru.
15 September 2025 Yasuwe: 333 0

Urujijo ku musaza w’i Karongi wasanzwe mu mugozi yapfuye

Seboyi Vincent w’imyaka 62, wo mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi, yasanzwe mu mugozi yapfuye, hakekwa ko yiyahuye, ariko ntihamenyekane icyaba cyabimuteye.
15 September 2025 Yasuwe: 394 0