Yasuwe :
Yavuzweho:
Inzego z’umutekano mu Karere ka Gatsibo, zataye muri yombi umugabo ukekwaho gutema insina 100 za mugenzi we, nyuma yo gushwanira mu kabari akigamba ko azamuhemukira.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umusore umwe muri batatu bagaragaye mu mashusho batema umuturage mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, bakoresheje umuhoro.
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Mark Cyubahiro Bagabe, yasabye abahinzi b’icyayi bo mu karere ka Nyaruguru kurushaho kongera imbaraga mu kongera ubuso n’umusaruro w’icyayi kugira ngo babashe...