skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

RIB yerekanye 26 bakekwaho kwiba arenga miliyoni 30 Frw bakoresheje ikoranabuhanga

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu 26 bakekwaho gukora uburiganya bifashishije ikoranabuhanga, aho bari bamaze kwiba arenga miliyoni 30 Frw hagendewe ku batanze ibirego hagati ya Mata...
8 September 2025 Yasuwe: 425 0

Impamvu RCS yahagaritse kugemurira abagororwa ibiribwa bivuye hanze

Bimaze kumenyerwa ko abafite ababo bari kugororerwa mu magororero batemerewe kubagemurira ibiribwa bivuye hanze y’igororero byaba ibitetse cyangwa ari bibisi.
8 September 2025 Yasuwe: 733 0

Karongi: Yatewe icyuma arapfa azira kwishyuza 400 Frw

Izabayo Olivier w’imyaka 19 wari utuye mu Karere ka Karongi yatewe icyuma n’abagabo babiri bakora akazi ko kubaga barimo uw’imyaka 39 n’uw’imyaka 24, bimuviramo urupfu.
8 September 2025 Yasuwe: 586 0

Ubwirakabiri bwagaragaye hirya no hino ku Isi

Ku bari i Kigali no mu bice bitandukanye by’igihugu, ahagana saa Moya z’ijoro ryo ku wa 7 Nzeri 2025 babonye ubwirakabiri (eclipse total de la lune) ndetse bwamaze igihe kirekire, ariko bwagaragaye...
8 September 2025 Yasuwe: 577 0

Tshisekedi ashyigikiye ko MONUSCO iguma muri RDC

Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Umuryango w’Abibumbye, Jean-Pierre Lacroix, yatangaje ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, ashyigikiye ko ingabo ziri...
8 September 2025 Yasuwe: 438 0

Menya impamvu Ihererekanyabubasha rya Munyantwali na Shema ryihuse

Nyuma y’uko hatowe Komite Nyobozi nshya igomba kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, mu myaka ine iri imbere, benshi bibajije impamvu hahise hahitishwa Ihererekanyabubasha...
8 September 2025 Yasuwe: 778 0

Indirimbo izasohoka ariko sinshyizeho igihe – Bruce Melodie kuri "Pom Pom” yakoranye na Diamond

Bruce Melodie yavuze ko indirimbo ye na Diamond izasohoka ariko atavuga ngo izasohokera iki gihe kubera ko ari indirimbo nini irimo abahanzi bakomeye ndetse isaba kwitonda kugira ngo ishyirwe hanze.
8 September 2025 Yasuwe: 194 0

Urukingo rushya rwa kanseri rwakozwe n’u Burusiya rugiye gutangira gukoreshwa

Abahanga mu by’Ubuzima mu Burusiya bagaragaje ko hagiye gutangira gukoreshwa urukingo rushya rwa kanseri nyuma y’aho igeragezwa ry’ibanze ryakozwe ryagaragaje ko rukora neza ku kigero cya 80%.
8 September 2025 Yasuwe: 203 0

Mu 2026 Abanyarwanda bashobora gutangira guhahisha ‘drones’

Kompanyi ikora indege nto zitagira abaderevu (Zipline) yatangaje ko bitarenze mu mwaka utaha wa 2026, Abanyarwanda n’abandi bose batuye mu Rwanda bazatangira gukoresha indege nto zitagira abapilote...
8 September 2025 Yasuwe: 105 0

Nyaruguru: Arasaba ubufasha bwo kuva mu nzu igisenge cyabaye nk’akayunguruzo

Havugiyaremye Adelphine utuye mu Kagari ka Kibeho, Umurenge wa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru, avuga ko ubuyobozi bukwiye kumufasha ku kibazo cy’inzu abanamo n’umuryango we yamaze kwangirika...
6 September 2025 Yasuwe: 520 0