Bimaze kumenyerwa ko abafite ababo bari kugororerwa mu magororero batemerewe kubagemurira ibiribwa bivuye hanze y’igororero byaba ibitetse cyangwa ari bibisi.
Ku bari i Kigali no mu bice bitandukanye by’igihugu, ahagana saa Moya z’ijoro ryo ku wa 7 Nzeri 2025 babonye ubwirakabiri (eclipse total de la lune) ndetse bwamaze igihe kirekire, ariko bwagaragaye...
Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Umuryango w’Abibumbye, Jean-Pierre Lacroix, yatangaje ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, ashyigikiye ko ingabo ziri...
Bruce Melodie yavuze ko indirimbo ye na Diamond izasohoka ariko atavuga ngo izasohokera iki gihe kubera ko ari indirimbo nini irimo abahanzi bakomeye ndetse isaba kwitonda kugira ngo ishyirwe hanze.
Havugiyaremye Adelphine utuye mu Kagari ka Kibeho, Umurenge wa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru, avuga ko ubuyobozi bukwiye kumufasha ku kibazo cy’inzu abanamo n’umuryango we yamaze kwangirika...