skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Perezida Kagame yakiriye Jean Todt wa Loni na Michelle Yeoh wamamaye muri filimi

Perezida Paul Kagame yakiriye Intumwa yihariye ya Loni mu bijyanye n’umutekano wo mu muhanda, Jean Todt n’umugore we, Michelle Yeoh, wamamaye cyane muri filimi.
6 September 2025 Yasuwe: 374 0

U Bufaransa bugiye guca ibicuruzwa byose byifitemo ‘nicotine’

Guverinoma y’u Bufaransa yatangaje ko igiye guca ibiribwa byose bitari itabi ariko bibonekamo ikinyabutabire cya nicotine, nyuma y’uko bigaragaye ko ibyo bicuruzwa bigira ingaruka ku bana bakiri...
6 September 2025 Yasuwe: 436 0

Bugesera: Umusore yiyahuye kubera umukobwa bakundanaga yamwanze

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 18 wo mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Kabeza, Umurenge wa Ririma, mu Karere ka Bugesera, yiyahuye anyweye ibinini by’imbeba nyuma y’uko umukobwa bakundanaga amwanze.
6 September 2025 Yasuwe: 1144 0

Impamvu y’izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, yagaragaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byiyongereye bitewe n’impinduka zabaye ku isoko mpuzamahanga.
6 September 2025 Yasuwe: 1088 0

Amerika ishobora kugaba ibitero muri Venezuela

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishobora kugaba ibitero muri Venezuela mu rwego rwo guhangana n’imitwe ikorera muri icyo gihugu icuruza ibiyobyabwenge.
6 September 2025 Yasuwe: 739 0

Kinshasa: Abadepite 12 bashaka kweguza Vital Kamerhe bafunzwe

Inzego z’umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zataye muri yombi abadepite 12 bari mu bategura igikorwa cyo kweguza Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Vital Kamerhe.
6 September 2025 Yasuwe: 703 0

Donald Trump yahinduye Minisiteri y’Ingabo ayita iy’Intambara

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahinduye amazina ya Minisiteri y’Ingabo ayita Minisiteri y’Intambara, izina ryakoreshwaga mu myaka yo hambere.
6 September 2025 Yasuwe: 535 0

FARDC na Wazalendo byarasaniye muri Uvira

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi b’Ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo baraye barasaniye mu Mujyi wa Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo kubera kutumvikana.
6 September 2025 Yasuwe: 863 0

Thailand: Thaksin Shinawatra wahoze ari Minisitiri w’Intebe yahunze

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Thailand, Thaksin Shinawatra, yahunze igihugu ku wa 4 Nzeri 2025 mbere y’uko Urukiko rw’Ikirenga rwemeza niba agomba gufungwa.
5 September 2025 Yasuwe: 552 0

AFC/M23 yemeza ko iri gusatira umujyi wa Uvira

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryemeje ko riri gukoza imitwe y’intoki ku mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, wegereye umupaka w’u Burundi.
5 September 2025 Yasuwe: 1636 0