Inzuki zinjiye mu kibuga zihagarika umukino mpuzamahanga wa gicuti waberaga muri Tanzania, wahuzaga City FC Abuja yo muri Nigeria na JKU FC yo muri Zanzibar.
Diplomate abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko ari mu gahinda gakomeye ko gupfusha umubyeyi we witabye Imana ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 3 Nzeri 2025.
Umuhanzi August Alsina wavuzwe mu rukundo n’umugore wa Will Smith, Jada Pinkette, amaze iminsi agaragaza ko ari mu rukundo n’umusore mugenzi we witwa Zu.
Umugore wa Chris Froome yatangaje ko uyu mukinnyi w’amagare wegukanye Tour de France inshuro enye, yakomeretse ku mutima ubwo yakoraga impanuka ikomeye yabereye mu Majyepfo y’u Bufaransa ari mu...