Ubuhinikiro bw’ibirayi bw’umuhinzi witwa Maniriho Jean d’Amour, wo mu Murenge wa Kinigi, Akagari ka Kampanga, Akarere ka Musanze mu ijoro ryacyeye ryo ku wa 31 Kanama 2025, bwafashwe n’inkongi...
Umunyarwenya Nyaxo abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yahishuye umukobwa yihebeye ndetse ashimira Imana yabahuje anamushimira kuba ari we yahisemo mu basore bose.
Visi Perezida wa Komisiyo y’umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ushinzwe ububanyi n’amahanga, Kaja Kallas, yagaragaje ko inkunga ihabwa Ukraine kugira ngo ihangane n’u Burusiya ari nke cyane ku yo...
Constant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaye ku mva ya se wa Perezida Félix Tshisekedi, Etienne Tshisekedi wa Mulumba, amuha...