skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Tshisekedi yanze ibyo gushyira AFC/M23 mu biganiro by’Abanye-Congo

Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yavuze ko Abanye-Congo badakeneye umuhuza kugira ngo bakemure amakimbirane bafitanye kandi ko kuyakemura...
31 August 2025 Yasuwe: 1167 0

Gatanya ya Jose Chameleone n’umugore we Daniella - Urubanza rurimo kugarukwaho cyane

Urukiko i Kampala muri Uganda rwimuriye mu kwezi gutaha kwa Nzeri urubanza rwa gatanya hagati y’umuhanzi w’icyamamare Jose Chameleone n’umugore we Daniella Atim kubera ibyo bombi batarimo...
29 August 2025 Yasuwe: 514 0

Amerika igiye guha Ukraine intwaro zishobora kurasa mu Burusiya

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje igurishwa ry’intwaro zishobora gukoreshwa mu kugaba ibitero, zikaba zifite agaciro karenga miliyoni 825$.
29 August 2025 Yasuwe: 550 0

Leta ya RDC yanze ubutumire bwa Thabo Mbeki mu biganiro by’amahoro

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwanze ubutumire bw’umuryango wa Thabo Mbeki wayoboye Afurika y’Epfo kuva mu 1999 kugeza mu 2008, bwo kujya mu biganiro by’amahoro...
29 August 2025 Yasuwe: 525 0

The Ben yageze mu Bwongereza

bahatuye bamuhaye ikaze ahita yerekeza kuri hotel aho agomba kuruhukira mbere yo kwinjira mu gitaramo mu ijoro ryo kuri uyu wa 29 Kanama 2025. Uyu muhanzi yerekeje mu Bwongereza mu ruhererekane...
29 August 2025 Yasuwe: 254 0

Perezida wa Portugal yise Trump igikoresho cy’u Burusiya

Perezida wa Portugal, Marcelo Rebelo de Sousa, yavuze ko Donald Trump yigaragaza nk’umuhuza utabogama mu ntambara yo muri Ukraine nyamara akorera inyungu z’u Burusiya, amwita igikoresho cyabwo.
29 August 2025 Yasuwe: 396 0

Kenya: Hakomeje kuboneka imirambo bikekwa ko ari iy’abiyicicishe inzara bigana Yesu

Abanya-Kenya bongeye gukangarana nyuma y’uko havumbuwe imibiri mishya mu Ishyamba rya Shakahola riherereye mu gice cya Kilifi mu Burasirazuba bwa Kenya hafi y’Inyanja y’Abahinde, bikekwa ko na bo...
29 August 2025 Yasuwe: 348 0

U Budage bwateze iminsi inama ihuza Putin na Zelensky

Chancelier w’u Budage, Friedrich Merz, yatangaje ko nubwo Amerika ishaka ko habaho inama ihuza Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin na Volodymyr Zelensky wa Ukraine, itazigera ibaho.
29 August 2025 Yasuwe: 223 0

Igisirikare cya Finlande kigiye guhagarika gukoresha ikirango cy’Aba-Nazi

Igisirikare cya Finlande kirwanira mu kirere kiri gutegura uburyo cyakura ikimenyetso kizwi nka ‘swastika’ ku mpuzankano, amabendera no ku bindi birango byacyo nk’uburyo bwo kwitandukanye n’Aba-Nazi.
29 August 2025 Yasuwe: 180 0

Abakinnyi 23 bazahagararira Amerika muri Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali

Ishyirahamwe ry’Imikino y’Amagare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA Cycling) ryatangaje abakinnyi 23 iki gihugu kizakoresha muri Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera i Kigali.
28 August 2025 Yasuwe: 282 0