Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwanze ubutumire bw’umuryango wa Thabo Mbeki wayoboye Afurika y’Epfo kuva mu 1999 kugeza mu 2008, bwo kujya mu biganiro by’amahoro...
bahatuye bamuhaye ikaze ahita yerekeza kuri hotel aho agomba kuruhukira mbere yo kwinjira mu gitaramo mu ijoro ryo kuri uyu wa 29 Kanama 2025.
Uyu muhanzi yerekeje mu Bwongereza mu ruhererekane...
Perezida wa Portugal, Marcelo Rebelo de Sousa, yavuze ko Donald Trump yigaragaza nk’umuhuza utabogama mu ntambara yo muri Ukraine nyamara akorera inyungu z’u Burusiya, amwita igikoresho cyabwo.
Abanya-Kenya bongeye gukangarana nyuma y’uko havumbuwe imibiri mishya mu Ishyamba rya Shakahola riherereye mu gice cya Kilifi mu Burasirazuba bwa Kenya hafi y’Inyanja y’Abahinde, bikekwa ko na bo...
Chancelier w’u Budage, Friedrich Merz, yatangaje ko nubwo Amerika ishaka ko habaho inama ihuza Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin na Volodymyr Zelensky wa Ukraine, itazigera ibaho.
Ishyirahamwe ry’Imikino y’Amagare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA Cycling) ryatangaje abakinnyi 23 iki gihugu kizakoresha muri Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera i Kigali.