skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Australia yirukanye Ambasaderi wa Iran azira ibitero byagabwe ku Bayahudi

Minisitiri w’Intebe wa Australia, Anthony Albanese, yatangaje ko birukanye Ambasaderi wa Iran n’abadipolomate batatu bazira urwango rwibasira Abayahudi.
27 August 2025 Yasuwe: 154 0

Perezida Chapo wa Mozambique ategerejwe mu Rwanda

Perezida Daniel Francisco Chapo guhera kuri uyu wa 27 Kanama 2025 aragirira uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda, rugamije kongerera imbaraga ubufatanye bumaze igihe kinini hagati y’ibihugu byombi.
27 August 2025 Yasuwe: 113 0

Kenya: Gachagua yavuze ibyo yahawe ngo ashyigikire Perezida Ruto

Rigathi Gachagua wabaye Visi Perezida wa Kenya yatangaje ko yabanje kuganira na Ruto bemeranya ko kugira ngo amushyigikire mu matora y’umukuru w’igihugu, muri Guverinoma y’abaminisitiri 22, hagomba...
27 August 2025 Yasuwe: 123 0

Trump yashimangije Kim Jong-un imbere ya Perezida wa Koreya y’Epfo

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriye mugenzi we uyobora Koreya y’Epfo, Lee Jae Myung, ashimagiza Kim Jong-un wa Koreya ya Ruguru inshuro nyinshi.
26 August 2025 Yasuwe: 519 0

Trump yashimangije Kim Jong-un imbere ya Perezida wa Koreya y’Epfo

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriye mugenzi we uyobora Koreya y’Epfo, Lee Jae Myung, ashimagiza Kim Jong-un wa Koreya ya Ruguru inshuro nyinshi.
26 August 2025 Yasuwe: 380 0

Khalfan ari kubana na Oxygen

Nizeyimana Odo wamamaye nka Khalfan yemeje ko ari mu rukundo n’umuhanzikazi Irumva Jeanne D’Arc uzwi nka Oxygen ndetse aba bombi basigaye babana nk’umugore n’umugabo.
26 August 2025 Yasuwe: 472 0

Karongi: Arashimira Leta yamwubakiye ikamukura mu bwigunge

Umuturage wo mu Karere ka Karongi, yashimiye Leta y’u Rwanda yamufashije ikamukura mu bwigunge, ikamuha inka n’akazi muri VUP, bimufasha kubaho neza no kugira icyizere cy’ubuzima bitandukanye na...
26 August 2025 Yasuwe: 251 0

Kenya: Johnny Boy wo muri Churchill Show ashaka kuba umudepite

Umunyarwenya wamenyekanye cyane muri Churchill Show, John Ndungu Kamau uzwi nka Johnny Boy, yatangaje ko agiye kwiyamamariza ku mwanya w’umudepite uhagarariye Ishyaka rya United Democratic Alliance...
26 August 2025 Yasuwe: 129 0

Amb. Nduhungirehe yagiriye uruzinduko rw’akazi muri Singapore

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagiriye uruzinduko rw’akazi muri Singapore aho yitabiriye inama ya gatanu y’abaminisitiri ihuza icyo gihugu...
26 August 2025 Yasuwe: 148 0

Abanyamakuru bane baguye mu bitero bya Isiraheli byagabwe ku bitaro bya Gaza

Kuri uyu wa Mbere abantu 15 barimo abanyamakuru bane bakoreraga Ibitangazamakuru Mpuzamahanga, baguye mu bitero bya Isiraheli byagabwe ku bitaro bya Nasser biri mu Majyepfo ya Gaza.
25 August 2025 Yasuwe: 299 0