Minisitiri w’Intebe wa Australia, Anthony Albanese, yatangaje ko birukanye Ambasaderi wa Iran n’abadipolomate batatu bazira urwango rwibasira Abayahudi.
Rigathi Gachagua wabaye Visi Perezida wa Kenya yatangaje ko yabanje kuganira na Ruto bemeranya ko kugira ngo amushyigikire mu matora y’umukuru w’igihugu, muri Guverinoma y’abaminisitiri 22, hagomba...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriye mugenzi we uyobora Koreya y’Epfo, Lee Jae Myung, ashimagiza Kim Jong-un wa Koreya ya Ruguru inshuro nyinshi.
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriye mugenzi we uyobora Koreya y’Epfo, Lee Jae Myung, ashimagiza Kim Jong-un wa Koreya ya Ruguru inshuro nyinshi.
Umuturage wo mu Karere ka Karongi, yashimiye Leta y’u Rwanda yamufashije ikamukura mu bwigunge, ikamuha inka n’akazi muri VUP, bimufasha kubaho neza no kugira icyizere cy’ubuzima bitandukanye na...
Kuri uyu wa Mbere abantu 15 barimo abanyamakuru bane bakoreraga Ibitangazamakuru Mpuzamahanga, baguye mu bitero bya Isiraheli byagabwe ku bitaro bya Nasser biri mu Majyepfo ya Gaza.