skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Urwego Rukuru rwa Rayon Sports rwongeye gutumiza Inteko Rusange

Nyuma y’uko Urwego Rukuru rwa Rayon Sports rutumije Inteko Rusange y’Umuryango wa Rayon Sports igaterwa utwatsi na Perezida Twagirayezu Thaddée, mugenzi we Muvunyi Paul yongeye gutumiza indi.
21 August 2025 Yasuwe: 495 0

Nyamasheke: Ikigo Nderabuzima cya Yove kigiye kongererwa ubushobozi mu korohereza abaturiye Pariki ya Nyungwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwatangaje ko muri uyu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/2026 bazatangira umushinga wo kwagura no kongerera ubushobozi Ikigo Nderabuzima cya Yove, mu rwego rwo...
21 August 2025 Yasuwe: 424 0

Impamvu Igikombe cy’Isi Chelsea yegukanye cyagaragaye mu biro bya Trump

Abakunzi b’umupira w’amaguru batunguwe no kubona mu biro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, harimo Igikombe cy’Isi giherutse guhabwa Chelsea yacyegukanye itsinze Paris...
21 August 2025 Yasuwe: 463 0

Minisitiri Bizimana yakebuye umukobwa wa Sebatware Marcel ’urota’ guhirika ubuyobozi bw’u Rwanda

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascéne, yakebuye umukobwa wa Sebatware Marcel wayoboye uruganda CIMERWA, wifatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR...
21 August 2025 Yasuwe: 1397 0

Israel yashinje u Bufaransa gukongeza urwango mu Bayahudi

Minisitiri w’Intebe w’Israel, Benjamin Netanyahu, yashinje Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, gukongeza urwango rugirirwa Abayahudi kubera gahunda yimirije imbere yo kwemera Leta ya Palestine.
21 August 2025 Yasuwe: 277 0

U Rwanda rugiye kwakira inama mpuzamahanga yiga ku mashyamba

Kuva ku itariki 20 kugeza 24 Ukwakira 2025, u Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga ya Gatandatu yiga ku buhinzi bw’amashyamba.
21 August 2025 Yasuwe: 185 0

U Rwanda rwashimangiye kudatezuka ku giharanira amahoro

Mu Nama Mpuzamahanga ya 9 ya Tokyo yiga ku Iterambere rya Afurika (TICAD9), iri kubera i Yokohama mu Buyapani, Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko itazatezuka ku guharanira amahoro n’umutekano...
21 August 2025 Yasuwe: 303 0

Isiraheli yashinje Australia ubugambanyi n’ubugwari

Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu yashinje mugenzi we wa Australia, Anthony Albanese kugambanira no guca umuryango w’Abayahudi, amwita umunyapolitiki w’umunyantege nke.
21 August 2025 Yasuwe: 184 0

Trump agiye gukuraho ishami ryari rishinzwe gukumira u Burusiya muri politiki ya Amerika

Amerika yatangaje ko igiye kugabanya abakozi b’Ikigo cya ‘Foreign Malign Influence Center (FMIC) cyari cyarashyizweho mu guhangana n’ibihugu by’amahanga byavugwaga ko byivanga muri politiki ya...
21 August 2025 Yasuwe: 169 0

Putin na Zelensky ntibemeranya ku hazabera inama izabahuza

Perezida Vladmir Putin ashaka ko ibiganiro bizamuhuza na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, bizabera mu gihugu cye, mu murwa mukuru, Moscow, aho kuba ahandi.
21 August 2025 Yasuwe: 179 0