Nyuma y’uko Urwego Rukuru rwa Rayon Sports rutumije Inteko Rusange y’Umuryango wa Rayon Sports igaterwa utwatsi na Perezida Twagirayezu Thaddée, mugenzi we Muvunyi Paul yongeye gutumiza indi.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwatangaje ko muri uyu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/2026 bazatangira umushinga wo kwagura no kongerera ubushobozi Ikigo Nderabuzima cya Yove, mu rwego rwo...
Abakunzi b’umupira w’amaguru batunguwe no kubona mu biro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, harimo Igikombe cy’Isi giherutse guhabwa Chelsea yacyegukanye itsinze Paris...
Mu Nama Mpuzamahanga ya 9 ya Tokyo yiga ku Iterambere rya Afurika (TICAD9), iri kubera i Yokohama mu Buyapani, Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko itazatezuka ku guharanira amahoro n’umutekano...
Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu yashinje mugenzi we wa Australia, Anthony Albanese kugambanira no guca umuryango w’Abayahudi, amwita umunyapolitiki w’umunyantege nke.
Amerika yatangaje ko igiye kugabanya abakozi b’Ikigo cya ‘Foreign Malign Influence Center (FMIC) cyari cyarashyizweho mu guhangana n’ibihugu by’amahanga byavugwaga ko byivanga muri politiki ya...
Perezida Vladmir Putin ashaka ko ibiganiro bizamuhuza na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, bizabera mu gihugu cye, mu murwa mukuru, Moscow, aho kuba ahandi.