Umugabo w’imyaka 41 wo Mu murenge wa Busheli mu Karere ka Nyamasheke, yatawe muri yombi nyuma yo gufatanwa inyama z’ingurube yibwe mu Murenge wa Bushekeli ari kuzishakira umukiliya.
Leta ya Uganda iteganya kujya itunganya toni 1,2 za Zahabu ku mwaka binyuze mu mushinga ihuriyemo na sosiyete y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro yo mu Bushinwa yitwa Wagagai Mining Ltd.
Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage bagera kuri 59 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Mu rugendo rwerekeza i Washington, agiye kuganira na Donald Trump ku hazaza h’intambara ikomeje kuzahaza igihugu cye, biteganyijwe ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, aherekezwa n’abayobozi...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya Imana, Sano Olivier ari mu myiteguro y’ubukwe bwe buteganyijwe ku wa 21 Kanama 2025, ndetse yamaze gusezerana imbere y’amategeko n’umukunzi we.
Abakozi b’Ikigo cyo muri Canada gikora ubwikorezi bw’abantu n’ibintu mu kirere, Air Canada, banze gushyira mu bikorwa itegeko rya Leta ribategeka gusubira mu kazi, bashimangira ko bazakomeza...
Amakipe y’inkwakuzi yamaze kubona itike ya ¼ muri Shampiyona Nyafurika ihuza abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024), mu gihe ari akarusho kuri Kenya yemerewe akayabo na Perezida William Ruto.
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ashyigikiye ko Ukraine iharira u Burusiya bimwe mu bice by’ubutaka igenzura, mu rwego rwo kurangiza intambara imaze imyaka irenga itatu...