Umubyinnyi Sherrie Silver yahakanye ibyo gutaramira abakunzi ba APR FC, yemeza ko abakoresheje ifoto ye batigeze bamubaza, icyakora yemeza ko abana bo muri Sherrie Silver Foundation bo bazabyina.
Umusore w’imyaka 24 witwa Clinton Mwesiime yatawe muri yombi na Polisi ya Uganda ubwo yihaniraga mu rusengero ko yiciye umukunzi we mu karere ka Kabale mu kwezi gushize.
Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, byasohoye urutonde rw’abayobozi bo mu bihugu bitandukanye ku Isi barimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier...
Umugore wa Donald Trump, Melania Trump, yandikiye umuhungu wa Joe Biden wahoze ayobora icyo gihugu, Hunter Biden, amumenyesha ko ashobora kumujyana mu nkiko mu gihe cyose atavuguruza amagambo...
Abaturage b’Akagari ka Nyagakombe mu Murenge wa Remera, Akarere ka Gatsibo, banyuzwe n’uruhare bagize mu kuvugurura ibiro by’Akagari nyuma yo kuyakusanya akanakoreshwa ubu bakaba babonera serivisi...