Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yavuze ko Amerika itazahatira Ukraine kugirana amasezerano y’amahoro n’u Burusiya, ariko avuga ko icyo...
Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yaganiriye n’Uyobora Ingabo za Amerika zikorera muri Afurika, AFRICOM, Gen Dagvin R.M. Anderson ku mubano uhuriweho w’impande zombi...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko ku wa 18 Kanama 2025 azahura na Perezida wa Amerika Donald Trump mu biganiro bizibanda ku buryo bwo guhagarika intambara muri Ukraine.
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanenze icyemezo cya Perezida William Ruto cyo kugena umudipolomate uzahagararira inyungu za Kenya mu mujyi wa Goma.
TikTok yatangaje ko igiye kuvugurura amabwiriza agenga uko abantu bitwara kuri uru rubuga, aho azatangira gukurikizwa ku itariki ya 13 Nzeri 2025. Nubwo byinshi mu byahindutse ari ugutanga...
Abagabo barenga ibihumbi 650 bo muri Ukraine bafite imyaka yo kujya ku rugamba, bamaze guhunga igihugu kuva intambara n’u Burusiya yakaza umurego mu 2022.