skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Umunsi umusirikare wa Loni afatwa nk’umuvandimwe wa Perezida Kagame

Brig Gen (Rtd) Faye Hadji Babacar yavuze ko umwe mu basirikare b’incuti ze bari mu butumwa bwa Loni bwakoreraga mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , MINUAR, yitiranyijwe...
16 August 2025 Yasuwe: 1311 0

RRA yatanze miliyoni 464 Frw TVA ku baguzi basabye fagitire za EBM

Ikigo cy’imisoro n’Amahoro (RRA), kuri uyu wa Gatanu tariki 15 kanama, cyatanze miliyoni 464 Frw ku baguzi ba nyuma 40,905 basabye fagitire za EBM ku bicurizwa na servisi bicibwaho ku...
16 August 2025 Yasuwe: 402 0

Abantu icyenda bapfiriye mu mirwano y’Ingabo za RDC na Wazalendo

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyatangaje ko imirwano y’abasirikare bacyo, abapolisi n’umutwe witwaje intwaro wo muri Wazalendo yapfiriyemo abantu icyenda.
16 August 2025 Yasuwe: 641 0

Pakistan: Imyuzure imaze guhitana abarenga 300

Inzego z’ubuyobozi zo muri Pakistan zavuze ko imvura nyinshi yateje imyuzure n’inkangu imaze kwica abantu barenga 300
16 August 2025 Yasuwe: 257 0

Trump yamaganye abarwanyije gahunda yo guhura na Putin

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yamaganye ibinyamakuru byatangaje ibitekerezo by’abo yise abahombyi barimo uwahoze ari umujyanama we mu by’umutekano, John Bolton, wanenze...
15 August 2025 Yasuwe: 992 0

U Rwanda na Australia mu biganiro byo gwagura ubucuruzi n’ishoramari

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, uri mu Mujyi wa Adelaide muri Australia, yagiranye ibiganiro na Minisitiri wungirije w’Ububanyi n’Amahanga...
15 August 2025 Yasuwe: 330 0

Yanga SC yacyeje Haruna Niyonzima Abanyarwanda bita umusaza

Umuryango wa Yanga SC, wongeye guha agaciro Haruna Niyonzima ukomeje kukimwa iwabo aho ab’iwabo bamwita umusaza.
15 August 2025 Yasuwe: 721 0

Uburusiya bwahagurishije Amerika! Ibyo kumenya kuri Alaska yakira Trump na Putin

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, kuri uyu wa Gatanu saa tatu z’ijoro ku isaha y’i Kigali barahurira mu nama yitezwe cyane ibera muri...
15 August 2025 Yasuwe: 700 0

Hashyizweho komite igenzura ukwihuza kwa BDF na BRD

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko hashyizweho komite izagenzura ibikorwa byo guhuza Ikigega cy’Iterambere gishinzwe guteza Imbere Imishinga (BDF) na Banki y’Amajyambere y’u Rwanda (BRD).
15 August 2025 Yasuwe: 259 0

Burundi: Umupolisi ukomeye afungiwe gucuruza lisansi mu buryo bwa magendu

Leta y’u Burundi ifunze umwe mu bofisiye bakuru muri Polisi y’igihugu, Colonel Moïse Arakaza Alias Nyeganyega, azira gucuruza ibikomoka kuri peteroli binyuze mu nzira zitemewe n’amategeko.
15 August 2025 Yasuwe: 266 0