Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Portugal na Al Nassr yo muri Portugal, Cristiano Ronaldo, yasabye Georgina Rodriguez kumubera umugore aho hifashishijwe impeta y’arenga Miliyari 7 z’Amanyarwanda.
Abadepite 51 bo mu ishyaka ry’Aba-Démocrates muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bandikiye Perezida Donald Trump na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, babasaba ibisobanuro ku masezerano...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko mu nama afitanye na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, iminota ibiri ya mbere izamwereka niba uyu mugabo afite umugambi wo...
Ubucukuzi bw’umucanga waturutse mu migezi yo mu Karere ka Rutsiro, bwinjirije aka karere imisoro n’amahoro agera kuri miliyoni 450,979,241 Frw, mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/25.
Dusingizimana Emmanuel, w’imyaka 20 y’amavuko wo mu Mudugudu wa Cyivugiza, Akagari ka Ruyumba, Umurenge wa Nkotsi mu Karere ka Musanze, yatemaguye insina z’ababyeyi be bamuhagarika amaze gutemamo...
Abanyeshuri ba Ntare School muri Uganda bagerageje kwica bagenzi babo bane, babashinja kuryamana n’abo bahuje ibitsina no kwamamaza iyo migirire muri iri shuri riherereye mu Karere ka Mbarara.
Perezida Donald Trump yavuze ko indege ya Boeing 747-8 Amerika yahawe na Qatar nk’impano, ishobora kuba yahinduwe indege ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika [Air Force One] bitarenze...