Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashimangiye ko yahagaritse intambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kandi ngo abaturage barabyishimiye cyane.
Abunganira umuraperi Sean ‘Diddy’ Combs, wamamaye cyane mu muziki n’ubucuruzi mu Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bateganya gusaba ko mu gihe yaba yakatiwe yafungirwa iwe mu rugo, aho kugumana...
Umuhanzi The Ben yatangaje ko mu minsi iri mbere ateganya gukorana indirimbo n’ umuhanzi wo muri Nigeria Kizz Daniel uherutse gutaramira muri BK Arena mu gitaramo cyo gusoza Iserukiramuco rya Giant...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubucuruzi Mpuzamahanga wa Zimbabwe, Prof. Dr. Amon Murwira, yagaragaje ko igihugu cye gishimira cyane uruhare Perezida Paul Kagame yagize, mu kugifasha...
Amakuru aturuka muri Uganda ahamya ko Weasel usanzwe ari umugabo wa Teta Sandra ari mu bitaro bya Nsambya nyuma yo gukora impanuka yamuvunnye amaguru yombi, bikavugwa ko yagonzwe n’umugore we ku...