Ubutabera bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwanze ingatwe yari yemewe gutangwa na Nshimiyimana Eric ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kugira ngo aburane ari hanze.
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyizeho amahame aganisha ku bufatanye mu iterambere ry’ubukungu, bibifashijwemo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Minisiteri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu mu Bwongereza, yatangaje ko inkota zizwi nk’izakoreshwaga n’ininja zahagaritswe mu Bwongereza no muri Pays de Galles, aho uyifatanwe mu ruhame ashobora...
Inter Miami yatangaje ko rutahizamu wayo Lionel Messi yagize imvune yo mu itako, ariko abaganga bataramenya neza igihe izamara, nubwo hari amakuru avuga ko ishobora kumara igihe kinini.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko kubabarira P. Diddy bitoroshye, cyane ko uyu mugabo bigeze gusangira, ariko akaza kumuhinduka agatangira kumuvugaho amagambo atari...
Abanyarwanda baba mu Mujyi wa London mu Ntara ya Ontario bizihije umunsi w’Umuganura mu buryo bwo gusangira ku musaruro bagezeho ari na ko batekereza ku mishinga migari yafasha u Rwanda guteza imbere.