skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Imirwano ya AFC/M23 n’imitwe ikorana na FDLR yakajije umurego

Imirwano y’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe yitwaje intwaro ikorana na FDLR yakajije umurego mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
5 August 2025 Yasuwe: 426 0

Israel yasabwe korohereza imodoka zitwara ibiribwa bijyanwa muri Gaza

Umuvugizi w’Umuryango w’Abibumbye, Olga Cherevko, yatangaje ko habayeho ibyago bikomeye muri Gaza, aho imodoka zitwara imfashanyo za Loni ziri guhura n’imbogamizi zikomeye zo kugeza inkunga muri...
4 August 2025 Yasuwe: 309 0

Rusizi: Polisi yangije litiro 800 z’inzoga zitujuje ubuziranenge

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rusizi, ifatanyije n’inzego z’ubuyobozi bw’ibanze, bafashe abantu batanu benga inzoga z’inkorano.
4 August 2025 Yasuwe: 236 0

Amerika yanze kurekura Nshimiyimana Eric ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubutabera bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwanze ingatwe yari yemewe gutangwa na Nshimiyimana Eric ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kugira ngo aburane ari hanze.
4 August 2025 Yasuwe: 525 0

Ibirambuye ku mahame yasinywe n’u Rwanda na RDC ku bufatanye mu bukungu

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyizeho amahame aganisha ku bufatanye mu iterambere ry’ubukungu, bibifashijwemo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
4 August 2025 Yasuwe: 620 0

U Bwongereza bwahagaritse ikoreshwa ry’inkota zizwi nk’izakoreshwaga n’ininja

Minisiteri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu mu Bwongereza, yatangaje ko inkota zizwi nk’izakoreshwaga n’ininja zahagaritswe mu Bwongereza no muri Pays de Galles, aho uyifatanwe mu ruhame ashobora...
4 August 2025 Yasuwe: 320 0

Imvune ya Lionel Messi ishobora gutuma amara igihe kinini adakina

Inter Miami yatangaje ko rutahizamu wayo Lionel Messi yagize imvune yo mu itako, ariko abaganga bataramenya neza igihe izamara, nubwo hari amakuru avuga ko ishobora kumara igihe kinini.
4 August 2025 Yasuwe: 255 0

Trump yavuze ku byo kubabarira P. Diddy

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko kubabarira P. Diddy bitoroshye, cyane ko uyu mugabo bigeze gusangira, ariko akaza kumuhinduka agatangira kumuvugaho amagambo atari...
4 August 2025 Yasuwe: 547 0

Canada: Abanyarwanda bizihijwe Umuganura, basabwa gukomeza kugira uruhare mu iterambere ry’u Rwanda

Abanyarwanda baba mu Mujyi wa London mu Ntara ya Ontario bizihije umunsi w’Umuganura mu buryo bwo gusangira ku musaruro bagezeho ari na ko batekereza ku mishinga migari yafasha u Rwanda guteza imbere.
3 August 2025 Yasuwe: 306 0

Gen Muhoozi yababariye Gen Tinyefuza wamwibasiye igihe kinini

Umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yavuze ko yababariye Gen Tinyefuza ’Sejusa’ wamaze igihe kinini amwibasira, avuga ko...
3 August 2025 Yasuwe: 821 0